skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Perezida Kagame yavuze inyungu ziri mu bufatanye bwa Afurika na BRICS

Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yavuze ko hari inyungu nini ku mpande zombi mu bufatanye bwa Afurika na BRICS kandi nibikomeza ubu...
27 July 2018 Yasuwe: 1464 0

Abanya-Nigeria 75 baburiye mu Burusiya mu gikombe cy’ isi

Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga ya Nigeria yatangaje ko abafana b’ ikipe y’ igihugu ya Nigeria 75 muri 230 bari bagiye kureba igikombe cy’ Isi cya 2018 mu Burusiya bazimiriye mu Burusiya.
27 July 2018 Yasuwe: 1292 0

Huye: Harasiwe abajura babiri barapfa abandi bariruka

Abantu babiri bivugwa ko bari abajura bitwaje intwaro gakondo barasiwe mu murenge mu Kagari ka Shyembe mu Mudugudu wa Kagoma mu Murenge wa Maraba, barapfa bagenzi babo bane baririka
27 July 2018 Yasuwe: 2258 1

Governor’s love text message sets tongues wagging

A governor shocked members of a popular county social media chat group when he mistakenly sent a love message on the platform. The county boss left tongues wagging, with some mischievous users...
27 July 2018 Yasuwe: 444 0

13 things women want after sex

When men want sex, they can say and do the right things; but how he feels about her is revealed after the sex. Many women get great sex yet feel unloved by the man they are building a future with,...
27 July 2018 Yasuwe: 8236 0

Ibyo abagore baba biteze mbere na nyuma yo gutera akabariro

Abashakanye benshi bagira ibibazo byo kutaganira mbere na nyuma yo gutera akabariro, ngo buri wese yumve uko mu mashuka bigomba kuza kuba bimeze ndetse ntihagire ushimira undi cyangwa ngo amubwire...
27 July 2018 Yasuwe: 3796 0

Gutinda kubona uwo mu rushinga akenshi ubigiramo uruhare

Gutinda gushaka ni kimwe mu bitera abantu guhangayika ngo ubushakashatsi bigaragaza ko biri mu bitera agahinda gakabije no kwiyahura kwa bamwe nyamara hari ibyo umuntu yakora akirinda kugumirwa...
27 July 2018 Yasuwe: 3541 0

Musanze: Abapolisi bakuru 28 b’abanyamahanga basoje amasomo bari bamazemo umwaka

Kuri uyu wa kane tariki 26 Nyakanga 2018 mu ishuli rikuru rya polisi y’u Rwanda (National Police College) riherereye mu karere ka Musanze hosojwe amasomo yari amaze umwaka ahabwa abapolisi bakuru...
26 July 2018 Yasuwe: 1152 1

Perezida Kagame azageza ijambo ku bitabiriye inama ya BRICS muri Afurika y’ Epfo

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 26 Nyakanga 2018 yageze mu gihugu cya Afurika y’ Epfo aho azitabira inama y’ abayobozi b’ibihugu bigize BRICS.
26 July 2018 Yasuwe: 1120 0

Umugore w’ imyaka 24 ari mu nkiko ashinjwa guca intege igitsina cy’ umugabo we

Umugore witwa Memory Shiri wo mu gihugu cya Zimbabwe ubushinjacyaha bumukurikiranyeho icyaha kuzinga umugabo we w’ imyaka 40 witwa Godwishes Magarira, uru rubanza rurimo kuburanishwa n’ urukiko rw’...
26 July 2018 Yasuwe: 3803 0