Mu buzima hari ibintu utapfa kwiyumvisha ko bibaho. Nari mfite imyaka 15 ubwo umukunzi wa mukuru wanjye yansambanyirizaga mu bwogero bw’ akabari ko mu mujyi wa Kigali. Maxime yantwariye ubusugi uwo...
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki ya 21 Nyakanga 2018 ni bwo uwitwa Ingabire Claudine wari utuye mu murenge wa Kiyumba w’ akarere ka Muhanga yatangarije ko ibitaro bya Kabgayi byamusezereye...
Nigerian President Muhammadu Buhari’s ruling All Progressives Congress (APC) has suffered a setback with the defection of 15 senators to the opposition People’s Democratic Party (PDP).
Kuri uyu wa 25 Nyakanga I Kigali mu Rwanda haratangira inama 7 ihuza abanyeshuri bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika bakaganira ku bibazo uyu mugabane ufite bagamije kubishakira ibisubizo.
Jean Pierre Bemba wahoze ari Visi Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo, yitezwe gusubira muri iki gihugu mu cyumweru gitaha nyuma yo gukurirwaho umwanzuro w’urukiko wari wamuhamije...