Abaturage ba Zimbabwe bagejeje igihe cyo gutora bazindukiye mu matora ya perezida - ya mbere abaye atarimo bya hafi Robert Mugabe wategetse iki gihugu mu gihe cy’imyaka 37.
Ku mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2018 nibwo amakuru y’ urupfu rwa Pasiteri Kamanzi Théophile wayoboraga Eglise Apostolique pour le Réveil au Rwanda (EARR) akaba n’Umuhuzabikorwa w’Igiterane Rwanda...
A Californian woman with 5eins weighing over 30 kilos each claims that her secret is to drink a pint of $ perme a day. Jesabelle Monroe, 27, says she has been drinking semen every day for the past...
Abarenga kimwe cya kabiri cy’ abaturage b’ Uburusiya ntibemeranya n’ amakuru avuga ko Abanyamerika b’ inzobere mu bijyanye n’ ibyogajuru bageze ku kwezi mu mwaka wa 1969.
Umuntu wa gatandatu amaze kumenyekana ko nawe yahitanywe n’ inkongi umuriro urimo kogoga amashyamba yo mu majyaruguru ya Leta ya California, muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Urukiko rwo mu Misiri rwakatiye igihano cy’ urupfu abantu 75 kubera uruhare bagize mu mvururu zo muri 2013 ubwo perezida Mohammed Morsi yahirikwaga ku butegetsi.
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse guhagarika by’agateganyo azira ko yafashe amaraso y’umurwayi akayaha umurwaza ngo ayijyanire kuyapimisha...