Ibitero bimaze iminsi bigabwa mu magepfo y’ u Rwanda birimo n’ iki Nyabimata mu karere ka Nyaruguru byatumye umubano w’ u Burundi n’ Ububiligi wongera gutokorwa.
Mu rugendo yakoreye muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Minisitiri w’ Intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yabonanye na Berhanu Nega, yakatiwe igihano cy’ urupfu 2009 azira kugerageza guhirika ubutegetsi...
Nyuma y’aho hari abaturage bo mu kagali ka Runyombyi mu murenge wa Busanze banze kwimuka ku musozi bimurwagaho n’uwabatsinze mu manza avuga ko akomoka ku mutware wahayoboye ,kuri ubu buyobozi...