skol
Kigali

Author

AHISHAKIYE Emmanuel

Uburusiya: Abasirikare ba Ukraine bamaze kugera mu Burusiya

Abasirikare ba Ukraine bateye intambwe bagera muri kilometero 30 imbere mu Burusiya, mu gitero cya mbere cyinjiye kure cyane mu Burusiya kandi gikomeye cyane kibayeho kuva Uburusiya bwatangira...
12 August 2024 Yasuwe: 2347 0

Kuki harashwe imizinga inshuro 21 mu birori by’irahira rya Perezida Kagame?

Kurasa imiziga ni igikorwa cyo gutanga icyubahiro gikunze gukorwa n’igisirikare mu gihe cyakira umuntu runaka cyangwa mu birori bikomeye.
12 August 2024 Yasuwe: 2736 0

Abaperezida bitabiriye igikorwa cy’irahira rya Paul Kagame ku nshuro ya kane

Kuri iki Cyumweru taliki ya 11 Kanama 2024, hateganyijwe igikorwa cyo kurahira kwa Perezida Paul Kagame, aho azaba arahira ku nshuro ya kane. Ni umuhango kandi uteganyijwe kwitabirwa n’abaperezida...
10 August 2024 Yasuwe: 2752 0

Iraq: Umuhungu cyangwa umukobwa azajya ashyingirwa ku myaka icyenda

Itsinda ‘Coordination Framework’ ry’amashyaka ya politike agendera ku mahame y’Idini ya Islam muri Iraq, ryatangije umushinga w’itegeko rigamije guhindura imyaka yemewe yo gushyingirwa, kuburyo...
9 August 2024 Yasuwe: 979 0

Indwara y’ubushita bw’inkende igihe gutangazwa nk’ikibazo gikomeye

Ikigo gishinzwe ubuzima bw’abaturage muri Afurika, CDC mu cyumweru gitaha, gishobora gutangaza ko ubushita bw’inkende ari amakuba yugarije rubanda. Iki kigo kivuga ko ubwandu bw’iyo ndwara buteye...
9 August 2024 Yasuwe: 876 0

DR Congo: Abakatiwe igihano cy’urupfu bose bamenyekanye

Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo umutwe wa M23, n’abandi bantu 25 bareganwa na we biganjemo abakuriye M23, bakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’i...
9 August 2024 Yasuwe: 878 0

Bulldog yatunze agatoki Riderman

Bulldogg yatunze agatoki Riderman, avuga ko iyo aza kuba umuntu mukuru, yari kumureka ubwo yakoraga indirimbo amwatsaho umuriro ahubwo akamugira inama yo kubireka.
9 August 2024 Yasuwe: 615 0

Amerika: Biden yagaragaje impungenge afitiye Trump mu gihe yatsinda amatora

Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko atizeye ko hazabaho guhererekanya ubutegetsi mu mahoro Donald Trump naramuka atsinzwe amatora ya perezida yo mu Gushyingo uyu mwaka.
8 August 2024 Yasuwe: 577 0

Rwanda: RMB yahagaritse kohereza hanze amabuye y’agaciro akorwamo ibisasu kirimbuzi

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz, RMB cyatangaje ko cyahagaritse imirimo yo kohereza ahanze amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa beryllium akorwamo n’ibirimo imbunda n’intwaro...
8 August 2024 Yasuwe: 792 0

Inzego z’iperereza mu Rwanda na DR Congo bahuriye muri Angola mu biganiro

Abahagarariye inzego zishinzwe iperereza mu Rwanda n’abo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, RDC, bahuriye i Luanda muri Angola, mu biganiro bigamije kwigira hamwe ahaturuka umuti...
7 August 2024 Yasuwe: 897 0