Kuri iki Cyumweru taliki ya 11 Kanama 2024, hateganyijwe igikorwa cyo kurahira kwa Perezida Paul Kagame, aho azaba arahira ku nshuro ya kane. Ni umuhango kandi uteganyijwe kwitabirwa n’abaperezida...
Itsinda ‘Coordination Framework’ ry’amashyaka ya politike agendera ku mahame y’Idini ya Islam muri Iraq, ryatangije umushinga w’itegeko rigamije guhindura imyaka yemewe yo gushyingirwa, kuburyo...
Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko atizeye ko hazabaho guhererekanya ubutegetsi mu mahoro Donald Trump naramuka atsinzwe amatora ya perezida yo mu Gushyingo uyu mwaka.