Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) rwatangaje ko ibirori byo guhemba indashyikirwa zahize izindi mu mwaka w’imikino wa 2023/24 biteganyijwe ku wa...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Shampiyona y’Igihugu izaba tariki ya 17 n’iya 18 Kanama 2024, ni nyuma y’uko yari iteganyijwe tariki ya 22 n’iya 23 Kamena ariko...
Pasiteri Nsengiyumva François ukuriye Itorero rya ADEPR Ngarama riherereye mu Murenge wa Kabarore, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gufatwa we n’abakirisitu bari gusengera mu...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yakomoje ku ngamba zafashwe zo kwigishiriza abaganga benshi imbere mu gihugu no kubongerera amahugurwa, nyuma y’impamvu zitandukanye zahombyaga igihugu...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impinduka mu misoro mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/25, igabanya amahoro ku bicuruzwa bitumizwa mu mahanga birimo umuceri, isukari n’ibindi bicuruzwa byinjira mu...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruratangaza ko rwatangiye gukora iperereza kuri komite nyobozi igize umudugudu w’Uwaruraza akagari ka Ngara mu murenge wa Bumbogo, bavuzwe mu kibazo...
Nk’uko byagenze mu matora yo mu myaka yashize, aya yo mu 2024 muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, cyane cyane ay’umukuru w’igihugu, nayo yugarijwe n’amahanga ashaka kuyivangamo. Mu mwanzuro w’inzego...
Mu Bufaransa hari kubera imikino Olempike itandukanye kandi bamwe mu Banyarwanda bitabiriye iyi mikino. Gusa kugeza uyu munsi ntamunyarwanda utwara irushanwa na rimwe. Ese bari kwitwara gute?...
Rudakubana Axel ni umunyarwanda w’imyaka 17 wavukiye mu Bwongereza mu mujyi wa Cardiff ariko ubu atuye mu mujyi wa Banks n’umuryango we, yafunzwe na Police akekwaho kwica abantu batatu no...