Biragoye ko hari igihugu ku isi wajyomo ngo ubure umwirabura uhatuye. Ashobora kuba ahatuye mu buryo bw’akazi, ubuhunzi, n’izindi mpamvu. Gusa umwirabura aho ava akagera akomoka ku mugabane...
Indege zitagira abapilote zikekwa kuba ari iz’igisirikare cya Ukraine zarashe ibigega bya peteroli mu karere ka Kursk mu Burusiya. Byatangajwe n’umutegetsi wo mu Burusiya kuri iki cyumweru. Kuri...
Kuri uyu wa gatanu I Paris mu Bufaransa hagiye kubera umuhango wo gufungura ku mugaragaro imikino ya Olempike. Ni igikorwa cyatumiwemo abayobozi batandukanye, ibyamamare, ndetse n’udushya...