Kugeza aka kanya u Rwanda ni kimwe mu bihugu bidakora ku Nyanja. Ariko abahanga mu bumenyi bw’isi bavuga ko bishoboka ko u Rwanda rwazaba muri bimwe mu bihugu bizakora ku nyanza. Bakemeza ko ibyo...
Guverinoma y’u Rwanda, iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Angola zemeranyije ku mugambi wo gusenya umutwe witwaje intwaro wa FDLR ufite ibirindiro mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Iki...
Ni muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31/07/2024, imyigaragambyo yaramukiye mu bice byo muri Goma aho abayirimo bari kwamagana ubutegetsi kudatanga umutekano usesesuye ku baturage,...
Mu gihugu cy’Ubuhinde muri leta ya Karala mu misozi y’akarere ka Wayanad, abantu 151 bamaze guhitanwa n’umwuzure, abandi 187 baburirwa irengero mu gihe abantu 1000 aribo bamaze gutabarwa.
Hashize imyaka irenga 500 bivugwa ko Umutaliyani, Christophe Colomb ari we wavumbuye Amerika. Kuva icyo gihe ayo makuru yazanywe n’Abanyaburayi ni yo yigishwa hirya no hino mu mashuri, icyakora...