Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yashinjije igihugu cy’u Bushinwa gushaka gutegura intambara kuri Taiwan, ibintu u Bushinwa bwahise bwamaganira kure buvuga ko nta...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangaje ko u Bushinwa nibutabuza Koreya ya Ruguru gukomeza kugira uruhare mu ntambara y’u Burusiya na Ukraine bizatuma Umuryango w’Ubutabarane (OTAN)...
Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane,...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimye Paris Saint-Germain FC yo mu gihugu cy’u Bufaransa yegukanye igikombe cya UEFA Champions League cya 2025 itsinze ikipe ya Inter de Milan yo mu...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko mu mezi atanu ashize muri aka Karere hamaze kuboneka ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa yanyagiye Inter Milan yo mu Butaliyani ibitego 5-0, yegukana Igikombe cya UEFA Champions League bwa mbere mu mateka...