Umuririmbyi Muneza Christopher, wamamaye nka Christopher mu muziki nyarwanda, yatangaje ko gukabya guha umwanya inkuru z’ihangana rivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie bishobora gutuma izindi...
Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats ku rwego mpuzamahanga, Tiwa Savage w’imyaka 46 ufite Impamyabumenyi y’Ikirenga (PhD) mu muziki, arimo kongera ishoramari mu hazaza h’umuziki wa...
Umubano mubi hagati ya Pakistan na Afghanistan wongeye gufata indi ntera ikomeye nyuma y’uko Pakistan itangaje ko yatangije “intambara yeruye” ku butegetsi bw’Abatalibani muri Afghanistan, mu gihe...
Amakuru ku rupfu rwa Lieutenant-Colonel Willy Ngoma, akomeje kujya hanze, aho bivugwa ko drone yamurashe, yari iri gucungacunga abayobozi mu gisirikare cya AFC/M23 hafi y’agace ka Rubaya, aho bari...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Major General Vincent Nyakarundi, uri mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, yaganirije Abasirikare n’Abapolisi b’u...
Icyegeranyo cyashyizwe hanze na OMS kigaragaza ko ku isi, hejuru ya 50% y’imiti yandikwa ndetse igatangwa mu buryo butari bwo. Hejuru ya 50% by ‘abarwayi ku isi nabo bafata imiti mu buryo butari...
Ambasaderi Festus Bizimana yashyikirije Perezida José Maria Neves wa Cabo Verde, impapuro zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu akaba afite icyicaro i Dakar muri Sénégal.
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lionel Messi, aricuza kuba atazi icyongereza kandi yari afite amahirwe yo kukiga.
Benjamin Mbonimpa, Umunyamabanga Uhoraho w’Ihuriro AFC/M23, yatangaje ko intwari zidapfa, ahubwo ko ziguma mu mitima ya benshi, ubutumwa buvuga ku rupfu rw’Umuvugizi w’Igisirikare cy’iri Huriro, Lt...