skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Karongi: Hamaze gufatwa abakoze Jenoside 70

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko imbaraga bwashyize mu guhangana n’ingengabitekerezo ya Jenoside zatanze umusaruro, aho abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, barenga 70 bari...
24 February 2026 Yasuwe: 145 0

Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify

Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi cyane ku izina rya Tems, yongeye kwandika amateka mu muziki wa Afurika nyuma yo kuba umuhanzi wa mbere muri Afurika ufite abamwumva benshi buri...
24 February 2026 Yasuwe: 238 0

Abagororwa bitegura gusoza ibihano basabwe kubana neza n’abo basanze

Abagororwa bitegura gusoza ibihano by’ibyaha bahamijwe ku ruhare bagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, basabwe gukurikira no kuzirikana inyigisho bateguriwe kuko zizabafasha kurushaho...
24 February 2026 Yasuwe: 179 0

Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

Nyuma y’iminsi ibiri y’imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’aba Wazalendo bafatanya na FARDC, yaberaga mu bice bimwe byo muri Teritwari ya Walikare mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, haravugwa...
24 February 2026 Yasuwe: 559 0

Nyamasheke : Babiri bafatanywe udupfunyika 122 tw’urumogi

Mu Mudugudu wa Nyenyeri, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo, Akarere ka Nyamasheke haravugwa abagabo 2 batawe muri yombi, barimo Niyonkuru Elisé w’imyaka 34 uvugwaho n’abaturage gucuruza no...
23 February 2026 Yasuwe: 293 0

U Burundi bwavuye ku izima, bufungura umupaka wabwo na RDC

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, Leta y’u Burundi yafunguye umupaka wa Gatumba uhuza iki gihugu na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’amezi arenga abiri iwufunze.
23 February 2026 Yasuwe: 605 0

Kim Jong Un yongeye gutorerwa kuyobora ishyaka riri ku butegetsi muri Koreya ya Ruguru

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yongeye gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka ry’abakozi muri iki gihugu ari na ryo abarizwamo.
23 February 2026 Yasuwe: 203 0

Perezida Zelensky ahamya ko Putin yatangije Intambara ya Gatatu y’Isi

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yamaze gutangiza Intambara ya Gatatu y’Isi, ashimangira ko igisubizo rukumbi ari ukumushyiraho igitutu...
23 February 2026 Yasuwe: 298 0

Greenland yateye utwatsi Trump ushaka kuyiha imfashanyo y’ubwato

Ubuyobozi bw’Ikigo cya Greenland bwanze icyifuzo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump wavuze ko agiye koherezayo ubwato bwifashishwa nk’ivuriro,(hospital boat) mu rwego rwo...
23 February 2026 Yasuwe: 344 0

Uganda yanze kwitaba Inteko Ishinga Amategeko ya EU

Guverinoma ya Uganda yanze kwitaba Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, ngo isobanure ibibazo byavuzwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye ku wa 15 Mutarama 2026.
23 February 2026 Yasuwe: 369 0