skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe bagiye guhurira mu gitaramo

Abakunzi ba Hip Hop mu Rwanda bongeye gutekerezwaho kuko bagiye gutaramirwa n’abahanzi bakomeye barimo Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe. Aba bazahurira ku rubyiniro rwa Mic Tribe 2026.
3 February 2026 Yasuwe: 496 0

Eddy Kenzo watewe imijugujugu n’abanya-Uganda muri Grammy Awards ntiyarenze umutaru

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Eddy Kenzo yongeye gutsindwa ku nshuro ye ya kabiri mu bihembo bya Grammy Awards, ariko izina rye riracyagaragara ku rwego mpuzamahanga mu muziki.
2 February 2026 Yasuwe: 1029 0

Kendrick Lamar yakuyeho agahigo ka Jay-z mu bihembo bya Grammy Awards

Mu bihembo bya Grammy Awards 2026, umuraperi Kendrick Lamar yanditse amateka mashya, aba umuhanzi wa Hip-hop wegukanye ibihembo byinshi kurusha abandi bose mu mateka ya Grammy, aho yarushije Jay-Z...
2 February 2026 Yasuwe: 220 0

Volleyball: Amakipe ya APR na Kepler yegukanye igikombe cy’Intwari

Amakipe ya APR volleyball club mu cyiciro cy’abagore na Kepler volleyball club mu bagabo, nibo begukanye irushanwa ry’ubutwari.
2 February 2026 Yasuwe: 186 0

U Bushinwa: Urubyiruko rwanze gushaka, ababyeyi bahangayitse

Mu Bushinwa, bamwe mu babyeyi baravugwaho gukoresha videwo zakozwe n’ubwenge bw’ubukorano (AI) zigaragaza abantu bicuza uko bitwaye mu buzima, izo videwo bazikoresha bagamije gushyira igitutu ku...
2 February 2026 Yasuwe: 266 0

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya yapfuye arumwe n’inzoka

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria wari ufite imyaka 26, Ifunanya Nwangene, yapfuye nyuma yo kurumwa n’inzoka yamusanze mu cyumba aryamye, mu nzu aho yabaga muri Nigeria.
2 February 2026 Yasuwe: 387 0

Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200

Ihuriro AFC/M23 ryavuze ko ryababajwe bikomeye n’imyitwarire y’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku makuru y’ikinyoma bwatanze ku mpanuka y’ikirombe cy’amabuye y’agaciro muri...
2 February 2026 Yasuwe: 488 0

Amakuru mashya ku munyamakuru wa Siporo uzwi mu Rwanda

Umunyamakuru Nduwayezu Ndibyariye Jean de Dieu wamamaye nka Jado Max uzwi mu biganiro bya Siporo, byumwihariko ibitambuka ku maradiyo, agiye kugaragara kuri televiziyo, mu kiganiro gishya...
2 February 2026 Yasuwe: 652 0

Basketball: Henriette Uwimpuhwe yerekeje muri REG WBBC

Ikipe ya REG WBBC ikomeje kwitegura Shampiyona y’u Rwanda muri Basketball yaguze Henriette Uwimpuhwe wakiniraga Kepler WBBC asinya amasezerano y’imyaka ibiri.
30 January 2026 Yasuwe: 173 0

Volleyball: Imikino y’igikombe cy’Intwari irakinwa guhera kuri uyu wa gatandatu

Amakipe ane ya mbere ku rutonde rwa shampiyona muri volleyball agiye guhurira mu irushanwa ry’intwari.
30 January 2026 Yasuwe: 192 0