Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yagaragaje ko icyifuzo cya Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo gufunga umuyobozi w’ishyaka riharanira ukwibohora gushingiye ku bukungu (EFF),...
Umwana wavutse nta burenganzira ku gihugu cye, akazizwa uko yavutse, akameneshwa, akaba mu buzima bushaririye mu nkambi, ubu ni we uhanzwe amaso mu iterambere ry’icyo gihugu yahejwemo hafi imyaka...
Thabo Mbeki wayoboye Afurika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008 yahamije ko ihuriro AFC/M23 rifite ubushobozi bwo gukura Félix Tshisekedi ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Nk’uko bivugwa n’abaganga hamwe n’abayobozi ba Civil Defence, nibura Abanya-Palestina 24 bapfiriye mu bitero bibiri by’indege za gisirikare za Israeli byagabwe mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 25...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (Rwanda Forensic Institute, RFI) bwatangaje ko mu gihe cya vuba, butangira gushyira mu bikorwa...