skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Perezida Zelensky yatangaje ko inyandiko za Amerika zizeza igihugu cye umutekano zamaze gutegurwa

Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelensky, yatangaje ko inyandiko za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zizeza igihugu cye zamaze gutegurwa 100% hasigaye gusa kuzishyiraho umukono.
26 January 2026 Yasuwe: 296 0

Musanze: Ba Ofisiye b’ibihugu 20 bishimiye gusangira imico gakondo

Abasirikare bakuru bo ku rwego rwa Ofisiye, baturutse mu bihugu bigera kuri 20 biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama riherereye mu Karere ka Musanze, batangaje ko gusangira umuco ari...
24 January 2026 Yasuwe: 546 0

Ngororero: Abasenateri bijeje ubuvugizi mu bworozi

Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon. Nyirasafari Esperance ari kumwe na Hon. Uwizeyimana Evode bakomeje uruzinduko rw’akazi mu Karere ka Ngororero, mu rwego rwo kureba uko ibikorwa bijyanye...
24 January 2026 Yasuwe: 340 0

Bebe Cool yagaragaje icyamuteye gufungisha Luwi Light uzwi kuri TikiTok

Umuhanzi uri mu bafatirwaho urugero muri Uganda Bebe Cool yemeje ko yagize uruhare mu gutanga ikirego cyatumye umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga witwa ‘Luwilight’ atabwa muri yombi kubera...
24 January 2026 Yasuwe: 1123 0

Ukraine yizeye ko ibiganiro byayihuje n’u Burusiya na USA birangiza intambara

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko yizeye ko ibiganiro byamuhuje n’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bizasiga intambwe ikomeye yo kurangiza intambara, imaze imyaka...
24 January 2026 Yasuwe: 348 0

Muri Australia itegeko ryo kubuza abana imbuga nkoranyambaga ryakuruye impaka

Guverinoma ya Australia yafashe icyemezo gikomeye cyo kubuza abana bari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga zikomeye zirimo TikTok, Facebook, Instagram na YouTube, hagamijwe kurinda...
23 January 2026 Yasuwe: 198 0

Bruce Melodie nyuma y’amasaha macye yerecyeje muri Kenya yahise atangira gukora icyamujyanye

Umuhanzi Bruce Melodie ukunze kwiyita ‘Munyakazi’, nyuma y’amasaha macye ahagurutse i Kigali akerecyeza i Nairobi muri Kenya mu bikorwa byo kuganira n’itangazamakuru ryo mu Bihugu byo mu karere,...
23 January 2026 Yasuwe: 613 0

Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere

Intumwa z’Umuryango w’Ingabo Zihora ziteguye Gutaba mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (Eastern Africa Standby Force-EASF), zagiriye uruzinduko mu Rwanda rugamije ibirimo kugenzura ibikorero...
23 January 2026 Yasuwe: 599 0

Ikipe iri mu zihabwa amahirwe yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda yasinyishije abakinnyi bane barimo uw’izina rikomeye

Ikipe ya Police FC yemeje ko yasinyishije abakinnyi bane, barimo Rudasingwa Prince na Nshimirimana Ismail Pitchou wanyuze mu makipe ya Kiyovu Sports na APR FC
23 January 2026 Yasuwe: 407 0

Abagabo bashegeshwa no gutandukana n’abo bakundanaga kurusha abagore – Ubushakashatsi

Nubwo benshi batekereza ko abagabo batita cyane ku rukundo nk’uko abagore babigenza, ubushakashatsi bwerekanye ko ari bo baba bafite intimba nyinshi iyo batandukanye n’abo bakundanaga.
23 January 2026 Yasuwe: 443 0