Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelensky, yatangaje ko inyandiko za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zizeza igihugu cye zamaze gutegurwa 100% hasigaye gusa kuzishyiraho umukono.
Abasirikare bakuru bo ku rwego rwa Ofisiye, baturutse mu bihugu bigera kuri 20 biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama riherereye mu Karere ka Musanze, batangaje ko gusangira umuco ari...
Itsinda ry’Abasenateri riyobowe na Hon. Nyirasafari Esperance ari kumwe na Hon. Uwizeyimana Evode bakomeje uruzinduko rw’akazi mu Karere ka Ngororero, mu rwego rwo kureba uko ibikorwa bijyanye...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko yizeye ko ibiganiro byamuhuje n’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bizasiga intambwe ikomeye yo kurangiza intambara, imaze imyaka...
Umuhanzi Bruce Melodie ukunze kwiyita ‘Munyakazi’, nyuma y’amasaha macye ahagurutse i Kigali akerecyeza i Nairobi muri Kenya mu bikorwa byo kuganira n’itangazamakuru ryo mu Bihugu byo mu karere,...
Ikipe ya Police FC yemeje ko yasinyishije abakinnyi bane, barimo Rudasingwa Prince na Nshimirimana Ismail Pitchou wanyuze mu makipe ya Kiyovu Sports na APR FC
Nubwo benshi batekereza ko abagabo batita cyane ku rukundo nk’uko abagore babigenza, ubushakashatsi bwerekanye ko ari bo baba bafite intimba nyinshi iyo batandukanye n’abo bakundanaga.