Umunyamerika Darren Watkins Jr wamamaye ku rubuga rwa YouTube nka IShowSpeed, ari mu bamenyekanye cyane ku Isi mu gukora imikino inyuranye kuri internet, yahawe Pasiporo ya Ghana nyuma yo gusura...
Umuraperikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Nicki Minaj, yatangaje ko agiye gutanga amafaranga ari hagati ya $150,000 [218,965,950.00 Frw] na $300,000 [437,931,900.00] azashyirwa muri konti...
Umuhanzi wo muri Nigeria, Burna Boy yibutse umuraperi wo muri Afurika y’Epfo Kiernan Jarryd Forbes uzwi nka Supa Mega/ AKA, amwifuriza isabukuru nziza anatangaza ko yitabye Imana nta kibazo bafitanye.
Mu ijoro ryo ku wa 28 Mutarama 2025, hakinwe imikino ya UEFA Champions League, yasize amakipe akomeye nka Paris Saint-Germain ifite igikombe giheruka, Real Madrid, Atletico Madrid, Inter Milan...
Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa yavuze ko kuba iri Huriro ryakorana n’u Rwanda bitavuze ko rurifasha, ahubwo ko hari impamvu nyinshi zishobora gutuma bakorana kimwe n’uko rikorana...
Nyuma y’iminsi ari mu biruhuko iwabo mu Gihugu cya Cameroun yagiyemo nyuma y’imvune, Aziz Bassané Koulagna yagarutse mu ikipe ye ya Rayon Sports aho yari amaze ukwezi n’igice atayikinira.