skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yagaye Mupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu gufasha abahanzi nyarwanda, kubera amagambo yuzuye ibinyoma yatangaje...
23 February 2026 Yasuwe: 617 0

Olga Lombardo yatorewe kuba ‘Miss Belgique 2026’ atsinze abarimo ukomoka mu Rwanda

Mu mpera z’icyumweru turangije imwe mu nkuru zagarutsweho by’umwihariko mu gihugu cy’u Bubiligi, ni uko batoye ‘Miss Belgique’ watsinze 31 bari bahatanye barimo n’ufite inkomoko mu Rwanda.
23 February 2026 Yasuwe: 222 0

Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza

Richard Kamanzi, wahoze afite ipeti rya CSP (Chief Superintendent of Police) muri Polisi y’u Rwanda wari mu kiruhuko, yitabye Imana azize ibiza byaturutse ku mvura nyinshi yaguye mu Mujyi wa Kigali.
23 February 2026 Yasuwe: 2043 0

Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, banenga umugabo bavugaho ubushurashuzi wahengereye mugenzi we yagiye mu kabari akajya kuryamana n’umugore we, ariko uwaciwe inyuma...
20 February 2026 Yasuwe: 1837 0

Gen Mubarakh Muganga yasabye abakinnyi ba APR FC kwibukiranya intego zayo

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Icyubahiro wungirije wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga yasuye iyi kipe asaba abakinnyi kwibukiranya intego zayo.
20 February 2026 Yasuwe: 232 0

Chiki, yahishuye impamvu atahagaritse kubyina n’ubwo ari ‘Manager’ w’umugabo we Bien-Aime

Umuhanzi w’inararibonye muri Kenya, Bien-Aime Baraza, uzwi cyane nk’umwe mu bagize itsinda rya Sauti Sol, we n’umugore we Chiki Kuruka bakomeje kuvugisha benshi ku buryo bubaka ubuzima bwabo...
20 February 2026 Yasuwe: 388 0

AFC/M23 iragaya amahanga uko akomeje kwitwara ku biri kubera mu bice birimo Minembwe

Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ribabajwe no kubona umuryango mpuzamahanga ukomeje kuruca ukarumira ku bwicanyi buri gukorwa...
20 February 2026 Yasuwe: 239 0

U Bufaransa bwatangiye iperereza ku masezerano ya RDC na AS Monaco

Abayobozi b’u Bufaransa, batangiye gupkora iperereza ku masezerano y’ubufatanye ya milioni 4.8 z’Amayero yasinywe hagati y’Ikipe y’umupira w’amaguru AS Monaco ndetse na Repubulika Iharanira...
19 February 2026 Yasuwe: 402 0

Abagororerwa B’iwawa bicuza igihe bataye mumico mibi, imihigo ni yose kumunsi barangije amasomo yabo

Bamwe mu banyeshuri biga mu Kirwa giherereye mu kiyaga cya Kivu mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba, bavuga ko kuva bageze mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa bahawe amasomo atandukanye...
19 February 2026 Yasuwe: 197 0

Donald Trump yongeye gushimagiza Nick Minaj mu birori byihariye

Umubano uri hagati y’umuraperikazi Nicki Minaj na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ukomeje gufata indi ntera nyuma y’uko Trump yongeye kumushimagiza ku mugaragaro mu birori...
19 February 2026 Yasuwe: 298 0