Mu mpera z’icyumweru turangije imwe mu nkuru zagarutsweho by’umwihariko mu gihugu cy’u Bubiligi, ni uko batoye ‘Miss Belgique’ watsinze 31 bari bahatanye barimo n’ufite inkomoko mu Rwanda.
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, banenga umugabo bavugaho ubushurashuzi wahengereye mugenzi we yagiye mu kabari akajya kuryamana n’umugore we, ariko uwaciwe inyuma...
Abayobozi b’u Bufaransa, batangiye gupkora iperereza ku masezerano y’ubufatanye ya milioni 4.8 z’Amayero yasinywe hagati y’Ikipe y’umupira w’amaguru AS Monaco ndetse na Repubulika Iharanira...
Bamwe mu banyeshuri biga mu Kirwa giherereye mu kiyaga cya Kivu mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba, bavuga ko kuva bageze mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa bahawe amasomo atandukanye...
Umubano uri hagati y’umuraperikazi Nicki Minaj na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ukomeje gufata indi ntera nyuma y’uko Trump yongeye kumushimagiza ku mugaragaro mu birori...