skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Nigeria: Nibura abantu 13 bamaze kwicirwa mu myigaragambyo yamagana imibereho mibi

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu wavuze ko byibuze abigaragambyaga 13 bishwe mu myigaragambyo yabereye muri Nigeria yamagana ikibazo cy’ubukungu muri iki gihugu yahindutsemo urugomo muri...
2 August 2024 Yasuwe: 588 0

Hamas yasabye umunsi w’uburakari igihe cyo gushyingura Ismail Haniyeh

Mu muhango wo gusezera Ismail Haniyeh wahoze ari umuyobozi mukuru wa Hamas wabereye i Teheran ku rwego rw’igihugu, muri uwo muhango wari witabiriwe n’abantu ibihumbi,nyuma y’uko uwo muyobozi mukuru...
2 August 2024 Yasuwe: 1019 0

Impinduka n’udushya byitezwe ku munsi wa ’Rayon Day’

Umunsi wa Rayon Day uteganyijwe kuba ku munsi w’ejo taliki ya 3 Kanama, hari byinshi byagiye bihinduka, ibyakozwe ndetse n’ibiteganyijwe gukorwa kuri uyu munsi nyirizina.
2 August 2024 Yasuwe: 1441 0

Muri Afrika y’Epfo ingwe yateye ikigo cy’ingabo zirwanira mu kirere

Umuvugizi w’ingabo zirwanira mu kirere muri Afurika y’Epfo, atangaza ko umusirikali umwe, ubarizwa mu ngabo zirwanira mu kirere yagabweho igitero n’ingwe, mu gihe yari muri sport yirukanka. Undi,...
2 August 2024 Yasuwe: 1357 0

Togo: Perezida Gnassingbe ntiyorohewe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Togo, bagashinja Perezida Gnassimbe ko ashaka kwiyongeza indi Manda kugirango abone uko agundira ubutegetsi.
2 August 2024 Yasuwe: 349 0

Impinduka muri UEFA Champions League n’uburyo izakinwa

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) igiye guhindura uburyo amakipe azatomborana muri Champions League mbere y’umwaka mushya w’imikino wa 2024/25.
2 August 2024 Yasuwe: 811 0

Itangazo: MUHUTU Theophille yasabye guhindura amazina akitwa BWANACYEYE Theophille

Uwitwa MUHUTU Theophille yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko BWANACYEYE Theophille mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina zikaba ziri hano...
2 August 2024 Yasuwe: 1244 0

Amateka n’udushya ku munsi wa Simba Day wo ku nshuro ya 15

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 3 Kanama 2024, mu gihugu cya Tanzania hateganyijwe umunsi wa Simba Day. Ni umunsi uzizihizwa hakinwa umukino uzahuza iyi kipe ya Simba SC na APR FC yo mu Rwanda.
2 August 2024 Yasuwe: 569 0

Inzara ikomeje guca ibintu ku Isi

Uwagutuka nabi ni uwakwifuriza kubaho utabona icyo ushyira mu nda, gusa ku bantu barenga miliyoni 730 bari hirya no hino ku Isi, ibi si inkuru mbarirano nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita...
2 August 2024 Yasuwe: 525 0

Umunyamakuru Gershkovich mu mbohe nyinshi zahererekanyijwe hagati ya USA n’u Burusiya

Abanyamerika batatu barimo umunyamakuru wa Wall Street Journal, Evan Gershkovich, babohowe mu masezerano yo guhinduranya imfungwa n’u Burusiya, basubiye ku butaka bwa Amerika kuri uyu wa Kane ushize.
2 August 2024 Yasuwe: 261 0