Mu muhango wo gusezera Ismail Haniyeh wahoze ari umuyobozi mukuru wa Hamas wabereye i Teheran ku rwego rw’igihugu, muri uwo muhango wari witabiriwe n’abantu ibihumbi,nyuma y’uko uwo muyobozi mukuru...
Umunsi wa Rayon Day uteganyijwe kuba ku munsi w’ejo taliki ya 3 Kanama, hari byinshi byagiye bihinduka, ibyakozwe ndetse n’ibiteganyijwe gukorwa kuri uyu munsi nyirizina.
Umuvugizi w’ingabo zirwanira mu kirere muri Afurika y’Epfo, atangaza ko umusirikali umwe, ubarizwa mu ngabo zirwanira mu kirere yagabweho igitero n’ingwe, mu gihe yari muri sport yirukanka. Undi,...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) igiye guhindura uburyo amakipe azatomborana muri Champions League mbere y’umwaka mushya w’imikino wa 2024/25.
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 3 Kanama 2024, mu gihugu cya Tanzania hateganyijwe umunsi wa Simba Day. Ni umunsi uzizihizwa hakinwa umukino uzahuza iyi kipe ya Simba SC na APR FC yo mu Rwanda.
Uwagutuka nabi ni uwakwifuriza kubaho utabona icyo ushyira mu nda, gusa ku bantu barenga miliyoni 730 bari hirya no hino ku Isi, ibi si inkuru mbarirano nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita...
Abanyamerika batatu barimo umunyamakuru wa Wall Street Journal, Evan Gershkovich, babohowe mu masezerano yo guhinduranya imfungwa n’u Burusiya, basubiye ku butaka bwa Amerika kuri uyu wa Kane ushize.