skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Uganda: Havumbuwe uduhanga tw’abantu 17 aho basengeraga

Polisi yo muri Uganda kuri uyu wa kabiri tariki 30 Nyakanga 2024 yatangaje ko havumbuwe igisanduku gipfundikiye, cyari kirimo uduhanga tw’abantu 17 mu gace abantu bajyaga gusengeramo. Aya makuru...
30 July 2024 Yasuwe: 760 0

Cameron: Urubyiruko ruzwi nka Gen- Z rwateguje ubutegetsi ko bashobora kwigaragambya

Urubyiruko rwo mu gihugu cya Kameroni ruvuga ko rufite impungenge ko amatora ateganyijwe umwaka utaha azibwa. Benshi muri bo bavuga ko bakomeje kwiyandikisha kugirango bazatore mu buryo bubanogeye...
30 July 2024 Yasuwe: 311 0

Rayon Sports WFC na Kawempe Muslim Ladies yo muri Uganda nti bazakina kuri Rayon Day.

Umukino wa gicuti wa gombaga guhuza Rayon Sports y’abagore na Kawempe Muslim Ladies yatwaye shampiyona ya Uganda ntabwo ugikinwe kuri Rayon Sports Day nk’uko byari biteganyijwe. Amakuru atugeraho...
30 July 2024 Yasuwe: 435 0

Burundi: Perezida Ndayishimiye Yasasiwe Ibitenge i Bujumbura Bitangaza Benshi

Mu Burundi abaturage bakomeje kwibaza urwego Umuyobozi w’ igihugu Evaliste Ndayishimiye agezeho rutuma abagore basasa ibitenge agatambuka nk’uko byagenze ku mwana w’ Imana Yesu Kristu ubwo...
30 July 2024 Yasuwe: 1446 0

Bujumbura: Abaturage Baranenga Igikorwa cyo Gufungirwa Amazu y’ Ubucuruzi ngo Bajye Kwakira Neva

Mu mujyi wa Bujumbura bategetswe abaturage barinubira kuba bategetswe gufunga amazu y’ ubucuruzi bakajya kwakira umukuru w’igihugu.
30 July 2024 Yasuwe: 561 0

Ihuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije ryashimiye Green Party yegukanye imyanya ibiri mu Nteko

Ihuriro ry’amashyaka arengera ibidukikije ku Mugabane wa Afurika, La Federation des Verts Africains –FEVA, ryashimiye ishyaka Democratic Green Party of Rwanda kubw’intsinzi yegukanye mu matora...
30 July 2024 Yasuwe: 311 0

Uganda: Umunyarwanda yafunzwe akekwaho gusambanya umwana we w’imyaka itandatu

Polisi ya Uganda ikorera mu gace ka Kigezi yatangaje ko yataye muri yombi Umunyarwanda witwa Fosta Twizeyimana, akekwaho gusambanya umukobwa we w’imyaka itandatu.
30 July 2024 Yasuwe: 415 0

Nyuma yo kwakira ubutumwa ba bwirwa ko bazicwa Abakinnyi ba Israel bari mu mikino ya Olempike bafite umutima uhagaze.

Abakinnyi batatu mu bahagarariye Israel mu mikino ya Olempike, baherutse kwakira ubutumwa bubabwira ko bashobora kwicirwa mu Bufaransa, kuri ubu hakaba hatangijwe iperereza. Umukino wa mbere Ikipe...
30 July 2024 Yasuwe: 576 0

Congo yashinje u Rwanda kwinjirira imikorere ya GPS y’indege zayo

Leta ya DR Congo yatangaje ikirego gishya ishinja ingabo z’u Rwanda cyo “kwinjirira guteje akaga” imikorere ya GPS y’indege zirimo iza gisivile mu karere k’uburasirazuba bw’icyo gihugu. Itangazo...
30 July 2024 Yasuwe: 829 0

Hatangiye kunugwanugwa uzasimbura Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru

Ikigo gishinzwe ubutasi muri Koreya y’Epfo cyatangaje ko umukobwa wa Kim Jong-un, amaze igihe ahabwa amasomo ajyanye n’imiyoborere kugira ngo azasimbure se ku buyobozi bwa Koreya ya Ruguru.
30 July 2024 Yasuwe: 739 0