Igitero gikomeye cy’indege cyahungabanyije umujyi wa Hodeidah ku cyambu cyo ku Nyanja Itukura nyuma y’umunsi umwe abayobozi ba Israel bahize ko bazihorera igitero cya drone kibasiye Tel Aviv.
Umudepite wari umaze igihe kinini muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Sheila Jackson Lee wo muri Texas, wafashije kuyobora ingamba za leta zo kurinda abagore ihohoterwa rikorerwa mu ngo no...
Urukiko Rukuru rwa Gombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwategetse ko amafaranga ari kuri konti za Banki z’abarimo umugore wa Vital Kamerhe usanzwe ari Perezida w’Inteko Ishinga...
Umugabo wo mu gihugu cya Nigeria yari amaze iminsi mu gihome azira kuba yaragerageje kwiyahura, ariko akarokoka ubwo polisi yageraga aho ari igahita inamuta muri yombi.
Nk’uko ibitangazamakuru...
Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan yishimiye intsinzi ya Kagame Paul uherutse gutorwa ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu ku majwi 99.18%, agaragaza ko bishimangira icyizere gikomeye Abanyarwanda...