skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Kenya yahawe impano ya kajugujugu z’intambara

Kenya yamaze kwakira icyiciro cya mbere cya kajugujugu z’intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeye kuyiha, ubwo Perezida William Ruto yazisuraga mu mezi make ashize.
20 July 2024 Yasuwe: 1194 0

Lt Gen Luboya yashinje abanyapolitiki gushaka kwinjiza M23 muri Ituri

Guverineri wa Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lieutenant Général Johnny Luboya Nkashama, yashinje bamwe mu banyapolitiki kugambirira kwinjiza umutwe witwaje intwaro wa M23 muri...
20 July 2024 Yasuwe: 1465 0

Urukiko rwemeje bidasubirwaho gatanya hagati ya Platini na Ingabire bari barashyingiranywe

Nemeye Platini na Ingabire Olivia bamaze guhana gatanya ya burundu nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwemeje ubwumvikane bwabo bwo gutandukana burundu.
20 July 2024 Yasuwe: 1548 0

Abarenga 40 bapfiriye mu bwato bwibasiwe n’inkongi y’umuriro

Umuryango w’Abibumbye ishami rishinzwe abinjira n’abasohoka (IOM) muri Haiti, wavuze ko byibuze Abanyahayiti 40 bapfiriye mu nyanja abandi benshi barakomereka nyuma yuko ubwato bwabo bwafashwe...
20 July 2024 Yasuwe: 648 0

Biden ashobora kwemera guhagarika ibikorwa byo kwiyamamaza mu minsi ya vuba

Kera kabaye, nyuma y’igitutu cyinshi cy’abo mu Ishyaka rye n’inshuti ze za hafi, Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashobora kwemera guhagarika ibikorwa byo kwiyamamaza...
20 July 2024 Yasuwe: 1035 0

Blinken yatangaje ko Amerika ishobora guhagarika gufasha Ukraine

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken, yatangaje ko Igihugu cye gishobora guhagarika ubufasha giha Ukraine.
20 July 2024 Yasuwe: 1187 0

Uganda yanenze ukubogama kugaragara muri raporo iyishinja gufasha M23

Uganda yanenze ukubogama kugaragara muri Raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zikurikiranira hafi umutekano wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zishinja Ingabo z’icyo gihugu...
20 July 2024 Yasuwe: 493 0

Umunyarwenya Teacher Mpamire yemeje kuzataramira i Kigali

Umunyarwenya Herbert Mendo Ssegujja uzwi nka Teacher Mpamire ukomoka muri Uganda mu Kinyarwanda cyiza yatangarije abakunzi be ko azataramira i Kigali muri uku kwezi. Yifashishije urubuga rwe rwa...
20 July 2024 Yasuwe: 462 0

Bangladesh hakomeje imyigaragambyo yaguyemo abagera kuri 50

Muri Bangladesh, ihohoterwa risa nkaho ryakwirakwiye, nyuma y’aho ku wa Kane tariki ya 18 Nyakanga, imbaga y’abanyeshuri yari yarakaye yashoboye gusubiza inyuma abapolisi mu myigaragambyo yo...
20 July 2024 Yasuwe: 421 0

Ni ku yihe myaka ukwiye kurekaho kunywa ibisindisha?

Umunyamerika Dr. Richard Restak usanzwe ari inzobere mu kwita ku buzima bw’ubwonko by’umwihariko hakumirwa indwara yo kwibagirwa, agaragaza ko guhera ku myaka 65 kuzamura umuntu aba agomba kureka...
20 July 2024 Yasuwe: 1640 0