Donald Trump yongeye kwibutsa abanyamerika n’abatuye isi, ko mu gihe Harris Kamala yaba atorewe kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, intambara ya gatatu y’isi yahita iba.
Perezida w’Uburusiya Vladimir Poutine yafashe ijambo mu muhango wo kwerekana ingabo zo mu mazi wabaye ku Cyumweru i Saint-Pétersbourg, ku munsi ngarukamwaka wahariwe ingabo zo mu mazi z’Uburusiya....
Perezida Recep Tayyip Erdogan wa Turukiya yatangaje amagambo akomeye ateguza gutera Israel mu rwego rwo gufasha abanya-Palestine.
Ibinyamakuru byo muri Israel byasubiyemo amagambo ya Erdogan...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Nyakanga 2024, polisi yo muri Nigeria mu mujyi wa Lagos yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu batanu bashinjwa guhererekanya uruhinja rw’amezi abiri...
Nyuma yo guhurira i Paris mu Bufaransa mu mikino Olempike, Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame na Gianni Infantino uyobora Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA,...