Kenya yamaze kwakira icyiciro cya mbere cya kajugujugu z’intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeye kuyiha, ubwo Perezida William Ruto yazisuraga mu mezi make ashize.
Guverineri wa Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lieutenant Général Johnny Luboya Nkashama, yashinje bamwe mu banyapolitiki kugambirira kwinjiza umutwe witwaje intwaro wa M23 muri...
Kera kabaye, nyuma y’igitutu cyinshi cy’abo mu Ishyaka rye n’inshuti ze za hafi, Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashobora kwemera guhagarika ibikorwa byo kwiyamamaza...
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken, yatangaje ko Igihugu cye gishobora guhagarika ubufasha giha Ukraine.
Muri Bangladesh, ihohoterwa risa nkaho ryakwirakwiye, nyuma y’aho ku wa Kane tariki ya 18 Nyakanga, imbaga y’abanyeshuri yari yarakaye yashoboye gusubiza inyuma abapolisi mu myigaragambyo yo...
Umunyamerika Dr. Richard Restak usanzwe ari inzobere mu kwita ku buzima bw’ubwonko by’umwihariko hakumirwa indwara yo kwibagirwa, agaragaza ko guhera ku myaka 65 kuzamura umuntu aba agomba kureka...