Ku wa kane tariki ya 18 Nyakanga, umuyobozi w’umurenge wa Bapère, agace ka Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru, yahamagariye urubyiruko kudatera abasirikare ba Uganda (UPDF) bashyigikiye ingabo za DRC...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yagumye ku mwanya wa 131 ku rutonde ngarukakwezi rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) rwasohotse kuri uyu wa Kane, tariki ya 18 Nyakanga 2024,...
Visi Perezida wa Zambia, Mutale Nalumango yashimye Guverinoma y’u Rwanda yahaye igihugu cye inkunga ya toni 1000 z’ibigori, agaragaza ko bizaramira ubuzima bw’abantu benshi mu bice bitandukanye...
Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani na Minisitiri w’Intebe w’Ibirwa bya Barbados, Mia Amor Mottley bashimye Perezida Paul Kagame watsinze amatora agize amajwi 99.18%,...
Abashyigikiye umunyapolitiki Donald Trump bashyize ibipfuko ku matwi y’iburyo mu rwego rwo kwifatanya na we mu kababaro nyuma yo kuraswa ubwo yari muri Leta ya Pennsylvania.
Igiporisi cya Kenya cyahagaritse imyigaragambyo yari iteganijwe kubera hagati ku murwa mukuru Nairobi no mu nkengero za wo, kugeza igihe hazatangirwa andi mabwiriza mashya agenga imyigaragambyo...
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abantu bagera kuri 20 mu minsi ine ishize muri teritwari ya Beni, intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Guverinoma ya Namibia, tariki ya 17 Nyakanga 2024 yanze ubusabe bwo kongeresha visa y’Umwami wa Buganda muri Uganda, Kabaka Mutebi II, uharwariye kuva muri Mata 2024 kugeza magingo aya.