Polisi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yataye muri yombi abantu bagera kuri 200 kubera imyigaragambyo yo kwamagana Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, uri mu ruzinduko muri iki...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano abantu batatu bamaze igihe kinini bashakira umutwe w’iterabwoba wa ADF inkunga mu bihugu birimo Afurika y’Epfo.
Umukinnyi ukina hagati mu kibuga muri Rayon sports ndetse no mwikipe yigihugu y’Uburundi, Aruna Moussa Madjaliwa, yavuze ko mu gihe yaba yishyuwe imishahara yamezi umunani nta kibazo cyatuma...
Nyuma y’imyaka ine intambara ya kabiri y’Isi irangiye yashyize akadomo ku butegetsi n’ubuzima bw’umunyagitugu Adolf Hitler w’Umudage, ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi birimo ibyo ku mugabane w’u...
APR FC ivuye muri Tanzania mu mikino ya CECAFA Kagame Cup aho yageze ku mukino wa nyuma ikaza gutsindwa na Red Arrows Penaliti 10 kwi 9 ni mu gihe iminota isanzwe y’umukino yarangiye banganya...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, kuri uyu wa Kabiri yatangiye urugendo rwe rwa mbere mu Bushinwa kuva inshuti yabwo, u Burusiya, bwatera igihugu cye mu 2022.
Abanya-Uganda biganjemo urubyiruko mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024 batangiye imyigaragambyo mu bice bitandukanye by’Umurwa Mukuru, Kampala.