Leta ya Afurika y’Epfo yashimangiye ko ihangayikishijwe n’ibitero igisirikare cya Israel giherutse kugaba kuri Iran, igaragaza ko ari ukurenga ku mategeko mpuzamahanga n’ubusugire bw’iki gihugu.
Micomyiza Jean Paul yabwiye Urukiko ko atigeze aba umuhezanguni wanga Abatutsi, ndetse arusaba kumufasha gushaka ibimenyetso bigaragaza ko yakundaga Umuryango FPR Inkotanyi, birimo no kuba...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana bwavuze ko uwari Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kitazigurwa gaherereye mu Murenge wa Muhazi, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano kugira ngo akorweho...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, yasabye abasirikare bakuru 108 bo mu bihugu 20 byo hirya no hino ku Isi barangije amasomo ajyanye n’imiyoborere mu bya gisirikare (Senior Command and...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye yakiriye Abofisiye Bakuru baturuka mu Bihugu icyenda bagiye kurangiza amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi (NPC) ryo mu Karere ka Musanze,...
Ku Cyumweru tariki 15 Kamena 2025, mu Karere ka Rubavu ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu hasorejwe irushanwa rya volleyball yo ku mucanga igice cya gatatu (Beach Volleyball National Tour III), aho...