Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari kwiga ku buryo bwo kwagura ingamba zo kubuza abaturage bo mu bihugu bitandukanye kwinjira muri Amerika, aho ashobora gushyiraho ibihano...
UPDATES: Ibisasu bya byarashwe na Iran mu ijoro ryo kuri iki cyumweru bimwe byaguye ku butaka ibindi bizimirizwa mu kirere. Icyambu cya Haifa cyongeye kwibasirwa, aho amashusho agaragaza misile ya...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, byavuzwe ko yanze umugambi wa Israel wo kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei.
Bayern Munich yanyagiye Auckland City ibitego 10-0 mu mukino wabimburiye indi yo mu Itsinda C ry’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Bintou Keita, yagaragaje ko yizeye ko kugera ku mahoro bishoboka, nyuma yo guhura...
Israel yongeye kugaba igitero mu Mujyi wa Tehran ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Kamena 2025 nyuma yo kwica abasirikare bakuru ba Iran, kwangiza ibikorwaremezo bya gisirikare byayo ndetse n’ububiko...