skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Tanzania, Uganda na RDC mu bihugu ababikomokamo bashobora kubuzwa kwinjira muri Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari kwiga ku buryo bwo kwagura ingamba zo kubuza abaturage bo mu bihugu bitandukanye kwinjira muri Amerika, aho ashobora gushyiraho ibihano...
16 June 2025 Yasuwe: 392 0

UPDATES: Nta ruhande rworoheye urundi, Iran yasubije ibitero Israel yagabye

UPDATES: Ibisasu bya byarashwe na Iran mu ijoro ryo kuri iki cyumweru bimwe byaguye ku butaka ibindi bizimirizwa mu kirere. Icyambu cya Haifa cyongeye kwibasirwa, aho amashusho agaragaza misile ya...
16 June 2025 Yasuwe: 971 0

U Rwanda rurasaba Afurika kongera abashakashatsi mu kurwanya indwara

Guverinoma y’u Rwanda yifuza ko uruhare rw’abashakashatsi mu kurwanya indwara muri Afurika rwava kuri 3% ruriho uyu munsi rukagera kuri 50% kugira ngo batange umusaruro ufatika w’ibisubizo...
16 June 2025 Yasuwe: 810 0

Trump yabujije Israel kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, byavuzwe ko yanze umugambi wa Israel wo kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei.
16 June 2025 Yasuwe: 1359 0

FIFA Club World Cup: Bayern Munich yatsinze ibitego 10-0, PSG ikosora Atlético Madrid

Bayern Munich yanyagiye Auckland City ibitego 10-0 mu mukino wabimburiye indi yo mu Itsinda C ry’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
16 June 2025 Yasuwe: 1098 0

Ikigo gishya cy’Abashinwa kigiye gushora imari mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo cy’Abashinwa cya Wuhan Yangluo Port Service Co. Ltd azakiganisha ku gushora imari mu mishinga y’ubwubatsi mu...
15 June 2025 Yasuwe: 1143 0

Bintou Keita wa MONUSCO yizeye kubona amahoro nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23

Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Bintou Keita, yagaragaje ko yizeye ko kugera ku mahoro bishoboka, nyuma yo guhura...
15 June 2025 Yasuwe: 1201 0

U Rwanda na Tanzania byiyemeje gukemura ibibazo byo ku mupaka

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Tanzania byatangiye urugendo rwo kurushaho kongerera imbaraga umutekano wo ku mupaka ibihubu byombi bisangiye, mu rwego rwo kwimakaza amahoro n’umutekano hirindwa ibyaha...
15 June 2025 Yasuwe: 900 0

Israel yongeye kurasa kuri Iran, iburira abaturage bayo

Israel yongeye kugaba igitero mu Mujyi wa Tehran ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Kamena 2025 nyuma yo kwica abasirikare bakuru ba Iran, kwangiza ibikorwaremezo bya gisirikare byayo ndetse n’ububiko...
15 June 2025 Yasuwe: 1098 0

RDF yatangiye kwandika abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo rihamagarira abasore n’inkumi babishaka kwiyandikisha kugira ngo binjire mu ngabo z’u Rwanda mu byiciro bitandukanye.
15 June 2025 Yasuwe: 1398 0