Ku munsi wa gatandatu w’intambara ya Iran na Isiraheli, Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei yabwiye Isiraheli ko ubu ari bwo intambara itangiye.
Leta ya Iran yasabye abaturage bayo gusiba porogaramu ya WhatsApp muri telefone zabo, aho ishinja uru rubuga gukoreshwa na leta ya Israel mu kuneka amakuru y’abaturage ba Iran, nubwo nta bimenyetso...
Ni umunsi wa gatandatu Iran na Israel byatsanyaho umuriro, aho ibikorwaremezo biri guhinduka umuyonga i Tehran, uretse ko ab’i Tel Aviv nabo baheruka agatotsi kera.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya APR FC yatangaje ko Umunya-Maroc Abderrahim Taleb w’imyaka 61 y’amavuko ariwe mutoza wayo mushya mu gihe cy’imyaka ibiri ishobora kongerwa.