Abacuruzi b’utubari, resitora n’amahoteli bo mu murenge wa Kamembe urimo umujyi w’akarere ka Rusizi, mu ntara y’Iburengerzuba biyemeje kuzamura ibipimo by’isuku n’umutekano aho bakorera, gusa...
Urubyiruko mu karere ka Gicumbi by’umwihariko abavuye mu bigo ngororamuco harimo na Iwawa, bavuga ko bafite icyizere cyo kwiteza imbere kuko batakiri mu buzima bw’ubushomeri.
Ubwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, ushinzwe Imari ya Leta, Kabera Godfrey, yagezaga ku Mutwe w’Abadepite umushinga w’itegeko ryerekeye imyishyurire y’indishyi...
Umushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali, Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda akaba n’Umuvugizi w’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda, yavuze ko kwibuka Jenoside...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora kubabarira umukire wa mbere ku Isi, Elon Musk, nyuma y’uko aba bagabo bombi bateranye amagambo mu cyumweru gishize.