Bayern Munich yanyagiye Auckland City ibitego 10-0 mu mukino wabimburiye indi yo mu Itsinda C ry’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Bintou Keita, yagaragaje ko yizeye ko kugera ku mahoro bishoboka, nyuma yo guhura...
Israel yongeye kugaba igitero mu Mujyi wa Tehran ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Kamena 2025 nyuma yo kwica abasirikare bakuru ba Iran, kwangiza ibikorwaremezo bya gisirikare byayo ndetse n’ububiko...
Ababarirwa mu bihumbi bahuriye mu mihanda yo mu mijyi itandukanye ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bamagana ibyemezo bya Perezida Donald Trump bahamya ko birimo igitugu cyinshi.
Umushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali, akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yashimye umusanzu wa Musenyeri Jean Joseph Hirth wazanye iyogezabutumwa...
Intambara ikomeje guhindura isura hagati ya Israel na Iran aho mu ijoro ryakeye, Israel yagabye ibitero bikomeye ku bigega bya peteroli n’uruganda ruyitunganya muri Iran, icyo gihugu nacyo kigaba...