Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yussuf Murangwa, yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 7,1% mu 2025, mu gihe mu 2026 buzagera kuri 7,5%, 7,4% mu 2027 na 7% mu 2028.
Ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) zatashye kuri uyu wa 12 Kamena 2025, zinyuze mu Rwanda.
Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi bw’u Burundi ryikubiye imyanya yose yo mu Nteko Ishinga Amategeko, nyuma yo gutsinda amatora yabaye tariki ya 5 Kamena 2025.
Abacuruzi b’utubari, resitora n’amahoteli bo mu murenge wa Kamembe urimo umujyi w’akarere ka Rusizi, mu ntara y’Iburengerzuba biyemeje kuzamura ibipimo by’isuku n’umutekano aho bakorera, gusa...
Urubyiruko mu karere ka Gicumbi by’umwihariko abavuye mu bigo ngororamuco harimo na Iwawa, bavuga ko bafite icyizere cyo kwiteza imbere kuko batakiri mu buzima bw’ubushomeri.
Ubwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, ushinzwe Imari ya Leta, Kabera Godfrey, yagezaga ku Mutwe w’Abadepite umushinga w’itegeko ryerekeye imyishyurire y’indishyi...