Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wakebuye ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakumiriye abanyamahanga barimo abaturuka mu bihugu byinshi bya Afurika.
Minisitiri w’Urubyiruko n’iterambere ry’ubuhanzi Dr Minisitiri Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yabwiye urubyiruko rwo mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba ko gutera imbere bituruka ku...
Kuva mu gitondo kugeza ku mugoroba wo kuri uyu wa 5 Kamena 2025, Abarundi bari mu matora y’abayobozi b’inzego z’ibanze ndetse n’abadepite aho intebe 100 zo mu Nteko Ishinga Amategeko zihataniwe...
Ubuyobozi bw’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) bwatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda bwarushijeho kwiyongera ku kigero cya 8.9% mu mwaka ushize wa 2024, mu giye yateganya ko bwari kuzamuka ku kigero...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize umukono ku itegeko rikumira abaturage bo mu bihugu birimo n’u Burundi kwinjira muri icyo gihugu kubera impamvu z’umutekano, nk’uko...
Amerika yatangaje ko igitero cya ‘drones’ ingabo za Ukraine ziheruka kugaba ku bigo by’ingabo z’u Burusiya cyashwanyaguje indege 10 muri 20 zarashweho, bivuze ko izagizweho ingaruka ari umubare...