skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

AU yavuze ku cyemezo cya Amerika gikumira abo mu bihugu bya Afurika kwinjirayo

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wakebuye ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakumiriye abanyamahanga barimo abaturuka mu bihugu byinshi bya Afurika.
5 June 2025 Yasuwe: 490 0

Bugesera: Minisitiri Dr Utumatwishima yeretse urubyiruko imbarutso y’iterambere

Minisitiri w’Urubyiruko n’iterambere ry’ubuhanzi Dr Minisitiri Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yabwiye urubyiruko rwo mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba ko gutera imbere bituruka ku...
5 June 2025 Yasuwe: 202 0

Burundi: Abakandida hafi 3000 bahataniye imyanya 100 y’abadepite

Kuva mu gitondo kugeza ku mugoroba wo kuri uyu wa 5 Kamena 2025, Abarundi bari mu matora y’abayobozi b’inzego z’ibanze ndetse n’abadepite aho intebe 100 zo mu Nteko Ishinga Amategeko zihataniwe...
5 June 2025 Yasuwe: 471 0

Igiciro cyongerewe ku bashaka ubwiza burenze ubwo Imana yabahaye

Kuva tariki 29 Gicurasi, abacuruza ibikoresho byifashishwa mu kwisiga, kwitera no kongera ubwiza bazajya bishyura 15% y’umusoro ku byaguzwe.
5 June 2025 Yasuwe: 466 0

Ubukungu bw’u Rwanda bwiyongereyeho 8.9% mu 2024- IMF

Ubuyobozi bw’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) bwatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda bwarushijeho kwiyongera ku kigero cya 8.9% mu mwaka ushize wa 2024, mu giye yateganya ko bwari kuzamuka ku kigero...
5 June 2025 Yasuwe: 139 0

Trump yasinye itegeko rikumira Abarundi, Abanya-Somalia n’abandi muri Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize umukono ku itegeko rikumira abaturage bo mu bihugu birimo n’u Burundi kwinjira muri icyo gihugu kubera impamvu z’umutekano, nk’uko...
5 June 2025 Yasuwe: 762 0

AFC/M23 yakuye intumwa zayo muri Qatar

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakuye intumwa zaryo mu biganiro by’amahoro byaberaga i Doha muri Qatar.
5 June 2025 Yasuwe: 1228 0

Amerika yatangaje ko igitero cya drones za Ukraine cyashwanyaguje indege nke z’u Burusiya

Amerika yatangaje ko igitero cya ‘drones’ ingabo za Ukraine ziheruka kugaba ku bigo by’ingabo z’u Burusiya cyashwanyaguje indege 10 muri 20 zarashweho, bivuze ko izagizweho ingaruka ari umubare...
5 June 2025 Yasuwe: 570 0

Muhanga: Umugabo birakekwa ko yiyahuye bitewe n’umugore wasanishije inzu atabizi

Mu Karere ka Muhanga haravugwa inkuru y’umugabo witwa Zigiranyirazo Joseph w’imyaka 31 y’amavuko wasanzwe mu mugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye.
5 June 2025 Yasuwe: 646 0

Amahoro y’ibidukikije agamije kugabanya ingaruka byateza

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, bwasobanuye ko hashyizweho amahoro y’ibidukikije mu rwego rwo kwishakamo ubushobozi bwo kugabanya ingaruka ibidukikije byagira ku baturarwanda.
5 June 2025 Yasuwe: 168 0