skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Rusizi: Kugurisha ubutaka ku kirwa cya Gihaya byahagaritswe by’agateganyo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ibikorwa byo kugurisha ubutaka bwo ku kirwa cya Gihaya nyuma y’aho abaturage bagaragaje ko umushoramari uri kubagurira...
10 June 2025 Yasuwe: 411 0

Urugomero ruzatanga amashanyarazi mu Rwanda, u Burundi na DRC rugiye gutangira kubakwa

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko Urugomero rw’Amashanyarazi rwa Rusizi ya Gatatu ruzatangira kubakwa mu 2026, rukaba rwitezweho kwegereza amashanyarazi abaturage bo mu Rwanda, u Burundi na...
10 June 2025 Yasuwe: 363 0

Los Angeles: Abasirikare boherejwe na Trump guhangana n’abigaragambya barenze 4000

Perezida Donald Trump agiye kohereza abandi basirikare 2700 kugira ngo bajye kunganira abandi 2000 bari baroherejwe mu Mujyi wa Los Angeles, kujya guhangana n’abigaragambya bamagana itabwa muri...
10 June 2025 Yasuwe: 299 0

Iby’ingenzi wamenya ku yandi mavugurura agiye gukorwa mu burezi bw’u Rwanda

Inama y’Abaminisitiri yemeje amavugurura agamije kunoza imyigire mu mashuri yose ya Leta n’abafashwa na yo ku bw’amasezerano, arimo agiye gukorwa mu gihe cyo kwiga ku biga mu cyiciro cya mbere...
10 June 2025 Yasuwe: 2216 0

Impanuro zahawe Abapolisi b’u Rwanda bagiye gusimbura abandi b’itsinda ririnda abayobozi bakuru muri Centrafrique

Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa DIGP Vincent Sano, yasabye abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrique kuzarangwa n’ubunyamwuga,...
10 June 2025 Yasuwe: 1389 0

Hatewe indi ntambwe iganisha Minisitiri Mutamba mu rukiko

Umushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko nta bisobanuro Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, yatanze byatuma ahagarika...
10 June 2025 Yasuwe: 258 0

Mu bifaru bya Abrams Amerika yahaye Ukraine mu kurwanya u Burusiya, hasigaye bitanu

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zayo zimaze gushwanyuza imodoka z’intambara 26 muri 31 zo mu bwoko bwa M1 Abrams, Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahaye Ukraine.
10 June 2025 Yasuwe: 481 0

RIB yataye murigombi Umugabo uherutse kwicisha umugore we icyuma bapfa 50.000 Frw yafatiwe ku mupaka

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars, yatangaje ko umugabo w’imyaka 28 uherutse kwica umugore we akoresheje icyuma, yafatiwe ku mupaka w’u Rwanda na Uganda...
10 June 2025 Yasuwe: 829 0

Nta kibazo mfitanye na Bishop Gafaranga! Murava yavuze

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Annette Murava, yagaragaje ko nta kibazo afitanye n’umugabo we Bishop Gafaranga, uherutse gukatirwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, kubera...
10 June 2025 Yasuwe: 483 0

Bemba yashinje Kabila gushaka kwica Tshisekedi

Minisitiri w’Ubwikorezi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba yashinje Joseph Kabila wayoboye iki gihugu, Moise Katumbi na bamwe mu bayobozi Inama y’Abepisikopi Gatolika...
10 June 2025 Yasuwe: 328 0