skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

MIFOTRA yatanze ikiruhuko cy’umunsi wa Eid al-Adha

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko ku wa Gatanu tariki ya 6 Kamena 2025, ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mukuru wa Eid al-Adha.
3 June 2025 Yasuwe: 973 0

Menya ibihano bihabwa umuntu wanduje undi indwara zidakira

Itegeko Nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, rivuga ko kwanduza undi indwara ku bushake bihanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 20.
3 June 2025 Yasuwe: 813 0

HUYE: Umugore akurikiranyweho kwica umwana we w’imyaka 2

Umukobwa w’imyaka 20 wo mu Murenge wa Tumba, Akarere ka Huye, ari mu maboko y’ubutabera akurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi gikomeye, nyuma yo gushinjwa ko yishe umwana we w’imyaka ibiri amujugunya...
3 June 2025 Yasuwe: 877 0

Umugabo yatanze akayabo agura imodoka yari iye yibwe

Mu Bwongereza, umugabo yatanze akayabo k’amafaranga agura imodoka, nyuma yo kubona isa n’iye yari imaze ibyumweru bicyeya yibwe, Polisi ikavuga ko itashoboye kuyibona, ariko amaze kuyigura aza...
3 June 2025 Yasuwe: 675 0

Tshisekedi yemeye guhuza imbaraga na Fayulu batavuga rumwe, barwanye Kabila

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi, bagiye guhuza imbaraga, barwanye Joseph Kabila n’ihuriro AFC/M23...
3 June 2025 Yasuwe: 462 0

Kenny Sol yasezeye 1:55AM

Kenny Sol yamaze gusezera muri 1:55AM yinjiyemo mu 2024, akavuga ko byaturutse ku bwumvikane impande zombi zagiranye.
3 June 2025 Yasuwe: 2188 0

Zelensky yise abahagarariye u Burusiya mu biganiro ’ibicucu’

Perezida wa Ukraine, Vladimir Zelensky, yamaganiye kure igitekerezo cy’intumwa z’u Burusiya mu biganiro bya Istanbul biri guhuza ibihugu byombi, cyo gushyiraho agahenge k’iminsi mike hagamijwe...
3 June 2025 Yasuwe: 321 0

Gen (Rtd) Kabarebe yakiriye mu biro bye Umuyobozi w’Ishami ry’u Busuwisi rishinzwe Afurika

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe, yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Ishami ry’u Busuwisi rishinzwe Umugabane wa Afurika muri Minisiteri y’Ububanyi...
3 June 2025 Yasuwe: 168 0

Kurangiza kaminuza ntibivuze ko utakwiga umwuga-MINEDUC

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ishimangira ko kuba umuntu yarize amashuri ya kaminuza bidakuraho ko ashobora kongeraho n’umwuga kuko byagaragaye ko mu gihe kiri imbere abazabona akazi benshi ari...
3 June 2025 Yasuwe: 179 0

Lt Gen. Luboya yagaragaje ko abasirikare ba RDC badafite impamvu yo kurwana

Guverineri w’intara ya Ituri, Lieutenant Général Johnny Luboya N’Kashama, yagaragaje ko abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo badafite impamvu yo kurwana, kuko batekereza ko...
2 June 2025 Yasuwe: 1226 0