Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangaje ko u Bushinwa nibutabuza Koreya ya Ruguru gukomeza kugira uruhare mu ntambara y’u Burusiya na Ukraine bizatuma Umuryango w’Ubutabarane (OTAN)...
Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane,...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimye Paris Saint-Germain FC yo mu gihugu cy’u Bufaransa yegukanye igikombe cya UEFA Champions League cya 2025 itsinze ikipe ya Inter de Milan yo mu Butaliyani...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko mu mezi atanu ashize muri aka Karere hamaze kuboneka ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa yanyagiye Inter Milan yo mu Butaliyani ibitego 5-0, yegukana Igikombe cya UEFA Champions League bwa mbere mu mateka yayo.
Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Buhinde, Général Anil Chauhan, yatangaje ko amayeri y’urugamba abasirikare babo bakoresheje ari yo yashyize igitutu kuri Pakistan kugeza ubwo yatangaje agahenge.
Augustin Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2012 kugeza mu 2016, yaburiwe irengero kuva tariki ya 21 Gicurasi 2025.