Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika muri Colombia, Miguel Uribe Turbay, yarashwe inshuro eshatu ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza mu Murwa Mukuru w’icyo gihugu, Bogota.
Se wa Elon Musk, Errol Musk, yatangaje ko umuhungu we adashobora gutsinda intambara imuhanganishije na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Nibura abantu batatu bamaze gupfa, abandi 17 barakomereka mu gitero gikomeye cya drone u Burusiya bwagabye ku mujyi wa kabiri munini wa Ukraine, Kharkiv.
Ubuyobozi bw’Inama y’Igihugu y’Abantu Bafite Ubumuga (NCPD) bwatangaje ko mu mibare y’ibanze y’ubushakashatsi ku bantu bafite ubumuga yagaragaje ko mu Rwanda habarurwa abangana na 562 184.
Umusirikare w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahanishijwe igifungo cy’imyaka 23 kubera kwica umugore we wari utwite, yarangiza akamuta mu kimoteri.