Ubuyobozi bw’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) bwatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda bwarushijeho kwiyongera ku kigero cya 8.9% mu mwaka ushize wa 2024, mu giye yateganya ko bwari kuzamuka ku kigero...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize umukono ku itegeko rikumira abaturage bo mu bihugu birimo n’u Burundi kwinjira muri icyo gihugu kubera impamvu z’umutekano, nk’uko...
Amerika yatangaje ko igitero cya ‘drones’ ingabo za Ukraine ziheruka kugaba ku bigo by’ingabo z’u Burusiya cyashwanyaguje indege 10 muri 20 zarashweho, bivuze ko izagizweho ingaruka ari umubare...
Bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zikoresha amashanyarazi, zatangiye gukorera mu mihanda yo mu Ntara y’Iburasirazuba, abaturage bishimira ko zigiye kubafasha kugenda neza batekanye.