Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yitabiriye inama y’abagaba bakuru b’ingabo bo muri Afurika iri kubera muri Kenya kuva ku wa 29 Gicurasi 2025.
Abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu Karere ka Nyagatare bagaragarijwe ko ibibazo byo guhererekanya ibinyabiziga bagiye bafatira mu makoperative yabo, bikandikwa mu mazina yabo bigiye...
Ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza yegukanye Igikombe cya UEFA Conference League itsinze Real Betis yo muri Espagne ibitego 4-1 ku mukino wa nyuma wabaye kuri uyu wa Gatatu, ikora amateka yo kuba...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwagaragaje ko ikibazo cy’umutekano muke kiri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nta ngaruka cyagize ku ishoramari rikorerwa mu Rwanda.
Ikipe ya APR FC yashyikirijwe Igikombe cya shampiyona 2024-2025 yegukanye, nyuma yo kubishimangira itsindiye Musanze FC ibitego 3-1 kuri Stade Amahoro mu mukino w’umunsi wa 30 kuri uyu wa Gatatu.
Perezida wa Sena, Dr. François Xavier Kalinda, yagaragarije ko inzira y’ibiganiro ari cyo gisubizo mu gushaka umuti urambye ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko Ingabo ze zishe Mohammed Sinouar, wafatwaga nk’Umuyobozi wa Hamas nyuma y’aho Umuvandimwe we, Yahya Sinouar, yiciwe.
Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ku wa 27 Gicurasi 2025 yaganiriye n’abayobozi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Félix...
Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani yatangaje ko iki gihugu cyugarijwe n’indwara ya cholera aho imaze guhitana abantu 172 mu gihe abandi 2,700 bayanduye mu cyumweru kimwe.
Umunyabigwi wa Arsenal Thierry Henry yanenze bikomeye umutoza Mikel Arteta kubera kudashobora kwegukana ibikombe, anagereranya Arsenal na manchester united.