skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amb. Hategekimana yasuye APR BBC yitegura imikino ya nyuma ya BAL 2025 (Amafoto)

Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo Emanuel Hategeka, yasuye Ikipe ya APR BBC yitabiriye imikino ya nyuma y’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2025), izatangira ku wa Gatanu tariki...
5 June 2025 Yasuwe: 663 0

Abasirikare ba RDC bategetswe kukimaramo imyaka irindwi bakiri ingaragu

Umuvugizi w’Ingabo za RDC, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko abasirikare bashya binjira mu gisirikare bagomba kwiyemeza ko bazamara imyaka irindwi bakiri ingaragu, nta n’umwana bafite.
5 June 2025 Yasuwe: 214 0

Tanzania yafunze X yahoze ari Twitter

Tanzania yafunze urubuga rwa X iyishinja ko igaragaraho amakuru ajyanye n’ibiyobyabwenge hamwe n’ubusambanyi, nyuma y’ibyumweru bibiri konti za Leta zinjiwemo n’abagizi ba nabi.
5 June 2025 Yasuwe: 140 0

U Rwanda rwagaragaje uko rwimakaje uburezi bushingiye ku bumenyingiro

Mu nama y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Kamena mu Mujyi wa Kigali, u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’Uburezi rwagaragaje uko rwahisemo guteza imbere amasomo y’uburezi...
4 June 2025 Yasuwe: 230 0

Abafungwa barengana nyuma bakagirwa abere nibahabwe indishyi z’akababaro - Frank Habineza

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Frank Habineza, avuga ko ishyaka ayoboye rishyize imbaraga mu gushaka umuti w’ibibazo bibangamiye uburenganzira bwa...
4 June 2025 Yasuwe: 773 0

Simi yihanije abitiranya umwana we n’indirimbo ye

Umuhanzi wo muri Nigeria Simisola Kosoko uzwi cyane nka Simi, yasabye abantu guhagarika kwitiranya umwana we w’umukobwa n’izina ry’indirimbo ye ‘Duduke.’
4 June 2025 Yasuwe: 1473 0

Israel Mbonyi na Prosper Nkomezi baciye amarenga yo gukorana indirimbo

Abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana basamiye hejuru ibiganiro bya Israel Mbonyi na Prosper Nkomezi bica amarenga ko baba bafite umushinga w’indirimbo bateganya guhuriramo.
4 June 2025 Yasuwe: 2874 0

Niyibizi Ramadhan yatumiwe mu ikipe yo muri Canada ‎

Niyibizi Ramadhan usoje amasezerano muri APR FC, yahawe ubutumire n’Ikipe ya Cavalry FC yo muri Canada ngo azakore igerageza kuva tariki ya 21 Nyakanga kugeza ku ya 21 Kanama 2025.
4 June 2025 Yasuwe: 435 0

U Rwanda rwashoye imishinga 19 ku isoko rya karuboni

Leta y’u Rwanda yagaragaje ko ifite imishinga 19 yashoye ku isoko rya karuboni, muri gahunda yo kugabanya ibyuka bihumanya ikirere bikangiza n’ibidukikije.
4 June 2025 Yasuwe: 298 0

DRC: Minisitiri Mutamba yatangiye gukurikiranwa n’ubushinjacyaha

Minisitiri w’ubutabera wa Congo, Constant Mutamba, ku wa kabiri tariki ya 3 Kamena 2025, yitabye ubushinjacyaha burimo kumukoraho iperereza ku cyaha cyo kunyereza umutungo wa leta wari ugenewe...
4 June 2025 Yasuwe: 466 0