skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Rusizi: Mu mezi atanu habonetse ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko mu mezi atanu ashize muri aka Karere hamaze kuboneka ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
1 June 2025 Yasuwe: 313 0

Paris Saint-Germain yegukanye UEFA Champions League inyagiye Inter Milan

Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa yanyagiye Inter Milan yo mu Butaliyani ibitego 5-0, yegukana Igikombe cya UEFA Champions League bwa mbere mu mateka yayo.
1 June 2025 Yasuwe: 598 0

U Buhinde bwagaragaje amayeri y’urugamba bwakoresheje kugira ngo Pakistan yemere agahenge

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Buhinde, Général Anil Chauhan, yatangaje ko amayeri y’urugamba abasirikare babo bakoresheje ari yo yashyize igitutu kuri Pakistan kugeza ubwo yatangaje agahenge.
31 May 2025 Yasuwe: 1217 0

Ingabo z’u Burundi zikomeje gutera FLN nyuma y’aho yanze kuzifasha kurwanya AFC/M23

Ingabo z’u Burundi zikomeje kugaba ibitero ku birindiro by’umutwe witwaje intwaro wa FLN mu ishyamba rya Kibira nyuma y’aho wanze kuzifasha kurwanya ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo...
31 May 2025 Yasuwe: 1627 0

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa RDC yaburiwe irengero

Augustin Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2012 kugeza mu 2016, yaburiwe irengero kuva tariki ya 21 Gicurasi 2025.
31 May 2025 Yasuwe: 831 0

Ubukungu bwa Ukraine mu mazi abira, ishobora kunanirwa kwishyura amadeni

Ukraine ishobora kunanirwa kwishyura ideni rya miliyoni 665$ muri miliyari 2,6$ ifitiye ibigo mpuzamahanga, nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Imari.
31 May 2025 Yasuwe: 425 0

Namibia: Intare yishe mukerarugendo agiye ku bwiherero

Mu gihe yari mu biruhuko mu nkambi y’ubukerarugendo muri Namibia, umukerarugendo w’imyaka 59 yishwe n’intare.
31 May 2025 Yasuwe: 851 0

Nangaa yahishuye abagize uruhare mu kwibira Tshisekedi amajwi

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yahishuye ko umuryango mpuzamahanga wagize uruhare mu kwibira amajwi Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu matora...
31 May 2025 Yasuwe: 2264 0

Loni iratabariza abaturage ba Gaza bugarijwe n’inzara 100%

Umuryango w’Abibumbye Loni uratanga impuruza ko abaturage ba Gaza 100% bugarijwe n’inzara nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro bishinzwe imfashanyo muri Loni (OCHA).
31 May 2025 Yasuwe: 299 0

Rutsiro: Umugabo watemaga ibiti by’amakara mu ishyamba kimwe cyamugwiriye arapfa

Musabyimana Gaspard w’imyaka 36, watemaga ibiti byo gutwikamo amakara mu ishyamba yahawemo akazi n’uwitwa Habanabakize Vénant, ubwo we na bagenzi be batemaga igiti bagikurura ngo kitagwira insinga...
31 May 2025 Yasuwe: 621 0