skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Dukumire icyo ari cyose cyatuma umwana ava mu muryango we – MIGEPROF

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, MIGEPROF, yasabye Abanyarwanda gukumira icyo ari cyo cyose gishobora gutuma umwana ava mu muryango yerekana ko ahubwo umwana agomba kurererwa mu...
30 May 2025 Yasuwe: 814 0

AFC/M23 yemeje ko abantu barenga 870 bapfiriye mu rugamba rwo gufata Goma

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko abantu 874 ari bo bapfuye ubwo ryari mu rugamba rwo gufata Umujyi wa Goma mu mpera za Mutarama 2025.
30 May 2025 Yasuwe: 801 0

Amerika yirukanye Abahinde barenga 1 000

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Buhinde yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimaze kwirukana Abahinde barenga 1 000 kuva muri Mutarama uyu mwaka.
30 May 2025 Yasuwe: 845 0

Museveni yasobanuye ubufasha Mobutu yahaye Habyarimana n’intagondwa z’Abahutu

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yagaragaje ko iyo Mobutu Sese Seko wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo icyitwa Zaïre, yambura ingabo za Habyarimana Juvenal intwaro, atari gukurwa...
30 May 2025 Yasuwe: 1183 0

Minisitiri w’Ubutabera wa RDC yambuwe ubudahangarwa nyuma yo kwitakana Minisitiri w’Intebe

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yambuye ubudahangarwa Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba Tungunga, ukurikiranyweho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19...
30 May 2025 Yasuwe: 765 0

Umugabo wagambiriye kwica Trump yatawe muri yombi

Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwataye muri yombi umugabo ukomoka muri Mexique, ukurikiranyweho gushaka kurasa Perezida Donald Trump, nk’uko byatangajwe...
30 May 2025 Yasuwe: 567 0

Huye: Abamotari basabwa kubungabunga ubuzima bw’abagenzi

Abatwara abagenzi kuri moto barashishikarizwa gukoresha kasike zujuje ubuziranenge zikingira ubuzima bw’abagenzi batwara.
30 May 2025 Yasuwe: 157 0

Abasirikare babiri b’u Rwanda bapfiriye muri Centrafrique mu 2024 bahawe imidali na Loni

Umuryango w’Abibumbye watanze imidali y’icyubahiro ku basirikare n’abapolisi baguye mu butumwa bwo kugarura amahoro hirya no hino ku Isi barimo babiri b’u Rwanda biciwe muri Centrafrique.
30 May 2025 Yasuwe: 419 0

Perezida Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’u Burayi [Council of Europe], Alain Berset, baganira ku mahirwe y’ubufatanye hagati y’impande zombi mu nzego zitandukanye.
30 May 2025 Yasuwe: 310 0

Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzaniya zaganiriye ku kwimakaza umutekano ku mipaka

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzaniya (TPDF) zahuriye mu nama ya 12 yitwa Proximity Commanders, igamije gushakira hamwe ibisubizo ku bibazo by’umutekano, ndetse no gushimangira ubufatanye mu...
30 May 2025 Yasuwe: 453 0