Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko iyo Pariki yinjije miliyoni 4,7 z’amadolari y’Amerika ni ukuvuga miliyari zisaga 6,7 Rwf mu mwaka wa 2024.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu muhanda Kabuga-Nyabugogo hari gukorerwa igerageza rya bisi zitwara abagenzi zidategereje ko zuzura, hagamijwe kureba ko ubwo buryo bwashoboka ngo...
Abarwanyi ba AFC-M23 batangaje ko abatuye umujyi wa Uvira no mu nkengero zawo bacurwa bufuni na buhoro na FARDC, Ingabo z’Abarundi, FDLR na Wazalendo bashonje bahishiwe, kuko iminsi yo kuwubohoza...
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yagaragaje ko icyifuzo cya Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo gufunga umuyobozi w’ishyaka riharanira ukwibohora gushingiye ku bukungu (EFF),...
Umwana wavutse nta burenganzira ku gihugu cye, akazizwa uko yavutse, akameneshwa, akaba mu buzima bushaririye mu nkambi, ubu ni we uhanzwe amaso mu iterambere ry’icyo gihugu yahejwemo hafi imyaka 40.
Thabo Mbeki wayoboye Afurika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008 yahamije ko ihuriro AFC/M23 rifite ubushobozi bwo gukura Félix Tshisekedi ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...