Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kongera umusoro ukagera kuri 50% ku byuma bya aluminium byinjizwa mu gihugu cye.
Inzego z’umutekano z’u Rwanda (Rwanda Security Force – RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro ku masezerano ya Mozambique n’u Rwanda, mu Ntara ya Cabo Delgado, zashyikirije ku mugaragaro...
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Guteza Imbere Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB), Eng Paul Umukunzi, yatangaje ko mu myaka ibiri cyangwa itatu iri imbere, amashuri y’icyitegererezo...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryagiranye ikiganiro cyiza na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019.
Umuhanzi uri mu bakunzwe n’abatari bake mu Rwanda yashyize ahagaragara indirimbo ye ya mbere ya Gospel yise ‘Dady God’, nyuma yo gufata umwanzuro agatangariza abakunzi be ko agiye kujya aririmba...