Imodoka yari itwaye abanyeshuri bo ku ishuri rya Ecole Les Poussins riherereye i Gikondo mu Karere ka Kicukiro, bikekwa ko yabuze feri, yagonze abanyeshuri bane b’ishuri rya G.S Kimisange,...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Kamena 2025, abofisiye babiri mu Ngabo z’u Rwanda barimo Maj. Emmanuel Rutayisire na Maj. Hipolyte Muvunyi basoreje amasomo ya gisirikare mu Ishuri Rikuru rya...
Ubwami bwa Arabie Saoudite bwemereye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ingwe ebyiri zidasanzwe, ubwo yagiriraga uruzinduko i Riyadh mu kwezi gushize.
Michelle Obama, umugore w’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umukobwa we w’imfura, Malia Obama, yahisemo kwitandukanya n’izina ry’umuryango kugira ngo agire...
Edgar Chagwa Lungu wayoboye Zambia kuva muri Mutarama 2015 kugeza muri Kanama 2021 yitabye Imana kuri uyu wa 5 Kamena 2025 ubwo yari mu bitaro muri Afurika y’Epfo
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wakebuye ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakumiriye abanyamahanga barimo abaturuka mu bihugu byinshi bya Afurika.
Minisitiri w’Urubyiruko n’iterambere ry’ubuhanzi Dr Minisitiri Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yabwiye urubyiruko rwo mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba ko gutera imbere bituruka ku...
Kuva mu gitondo kugeza ku mugoroba wo kuri uyu wa 5 Kamena 2025, Abarundi bari mu matora y’abayobozi b’inzego z’ibanze ndetse n’abadepite aho intebe 100 zo mu Nteko Ishinga Amategeko zihataniwe...