Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryagiranye ikiganiro cyiza na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019.
Umuhanzi uri mu bakunzwe n’abatari bake mu Rwanda yashyize ahagaragara indirimbo ye ya mbere ya Gospel yise ‘Dady God’, nyuma yo gufata umwanzuro agatangariza abakunzi be ko agiye kujya aririmba...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko abantu 874 ari bo bapfuye ubwo ryari mu rugamba rwo gufata Umujyi wa Goma mu mpera za Mutarama 2025.
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Buhinde yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimaze kwirukana Abahinde barenga 1 000 kuva muri Mutarama uyu mwaka.