Sosiyete yo mu Buyapani yitwa ispace yatangaje ko icyogajuru cyayo cyari cyoherejwe ku kwezi, gishobora kuba cyarahanutse kikangirikira kuri uwo mubumbe, nyuma y’imyaka ibiri indi gahunda yo...
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Valentine Uwamariya, yavuze ko kugabanya pulasitiki byazanye impinduka mu Rwanda zirimo kugira isuku no kurinda ubuzima bw’Abanyarwanda.
Perezida wa Tchad, Maréchal Mahamat Idris Déby Itno, yafashe icyemezo cyo gukumira Abanyamerika bashaka kujya mu gihugu cye mu rwego rwo kwihimura kuri Donald Trump.
Ikipe y’Igihugu ya Espagne yatsinze u Bufaransa ibitego 5-4 mu mukino ukomeye wa ½ cya UEFA Nations League, ihita isanga iya Portugal ku mukino wa nyuma.
Abantu 11 bapfuye ku wa Gatatu nyuma y’umuvundo wabaye hanze ya Stade y’Umukino wa Cricket mu Mujyi wa Bengaluru mu Buhinde, ubwo abafana bishimiraga igikombe cya mbere cya Shampiyona cyegukanywe...