skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Namibia: Intare yishe mukerarugendo agiye ku bwiherero

Mu gihe yari mu biruhuko mu nkambi y’ubukerarugendo muri Namibia, umukerarugendo w’imyaka 59 yishwe n’intare.
31 May 2025 Yasuwe: 850 0

Nangaa yahishuye abagize uruhare mu kwibira Tshisekedi amajwi

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yahishuye ko umuryango mpuzamahanga wagize uruhare mu kwibira amajwi Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu matora...
31 May 2025 Yasuwe: 2263 0

Loni iratabariza abaturage ba Gaza bugarijwe n’inzara 100%

Umuryango w’Abibumbye Loni uratanga impuruza ko abaturage ba Gaza 100% bugarijwe n’inzara nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro bishinzwe imfashanyo muri Loni (OCHA).
31 May 2025 Yasuwe: 298 0

Rutsiro: Umugabo watemaga ibiti by’amakara mu ishyamba kimwe cyamugwiriye arapfa

Musabyimana Gaspard w’imyaka 36, watemaga ibiti byo gutwikamo amakara mu ishyamba yahawemo akazi n’uwitwa Habanabakize Vénant, ubwo we na bagenzi be batemaga igiti bagikurura ngo kitagwira insinga...
31 May 2025 Yasuwe: 620 0

AFC/M23 yamaganye Leta ya Kinshasa isoresha ibicuruzwa biva i Goma nk’ibituruka mu mahanga

Ihuriro AFC/M23 ryashinje ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gutandukanya ubutaka bw’iki gihugu, bwitwaje ko butagenzura bumwe muri bwo.
31 May 2025 Yasuwe: 1062 0

Trump yashyizeho umusoro wa 50% ku byuma bya Aluminium

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kongera umusoro ukagera kuri 50% ku byuma bya aluminium byinjizwa mu gihugu cye.
31 May 2025 Yasuwe: 302 0

Nigeria: Abarenga 100 bishwe n’umwuzure

Ikigo cya Nigeria gishinzwe kurwanya ibiza (Nsema) cyatangaje ko umwuzure watewe n’imvura y’amahindu, wishe abantu bagera ku 110 mu bice bitandukanye by’iki gihugu ku wa 30 Gicurasi 2025.
31 May 2025 Yasuwe: 250 0

Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zashyikirije isoko zubakiye abaturage

Inzego z’umutekano z’u Rwanda (Rwanda Security Force – RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro ku masezerano ya Mozambique n’u Rwanda, mu Ntara ya Cabo Delgado, zashyikirije ku mugaragaro...
31 May 2025 Yasuwe: 701 0

U Rwanda rugiye kubaka amashuri 15 y’icyitegererezo

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Guteza Imbere Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB), Eng Paul Umukunzi, yatangaje ko mu myaka ibiri cyangwa itatu iri imbere, amashuri y’icyitegererezo...
31 May 2025 Yasuwe: 471 0