Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yahishuye ko umuryango mpuzamahanga wagize uruhare mu kwibira amajwi Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu matora...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kongera umusoro ukagera kuri 50% ku byuma bya aluminium byinjizwa mu gihugu cye.
Inzego z’umutekano z’u Rwanda (Rwanda Security Force – RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro ku masezerano ya Mozambique n’u Rwanda, mu Ntara ya Cabo Delgado, zashyikirije ku mugaragaro...
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Guteza Imbere Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB), Eng Paul Umukunzi, yatangaje ko mu myaka ibiri cyangwa itatu iri imbere, amashuri y’icyitegererezo...