Umushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali, Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda akaba n’Umuvugizi w’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda, yavuze ko kwibuka Jenoside...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora kubabarira umukire wa mbere ku Isi, Elon Musk, nyuma y’uko aba bagabo bombi bateranye amagambo mu cyumweru gishize.
Perezida William Samoei Ruto wa Kenya yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusore wari impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Albert Ojwang, wapfiriye muri kasho ya Polisi azize gukubitwa.