skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Kwibuka ni uguhora twikebura mu madini yacu – Antoine Karidinali Kambanda

Umushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali, Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda akaba n’Umuvugizi w’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda, yavuze ko kwibuka Jenoside...
12 June 2025 Yasuwe: 126 0

Trump ashobora kwiyunga na Elon Musk

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora kubabarira umukire wa mbere ku Isi, Elon Musk, nyuma y’uko aba bagabo bombi bateranye amagambo mu cyumweru gishize.
12 June 2025 Yasuwe: 322 0

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma mu biganiro na M23/AFC

Ingabo z’Umuryango w’abibumbye ziri muri Congo Kinshasa mu butumwa bwo kugarura amahoro mu burasirazuba bw’icyo gihugu, MONUSCO zavuze ko Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga wa UN muri Congo, Bintou...
12 June 2025 Yasuwe: 866 0

Minsitiri Dr Sabin yongeye kugirirwa icyizere n’Ikigega gishinzwe gukumira ibyorezo

Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr Sabin Nsanzimana yongeye kugirirwa icyizere, aho yongeye gutorwa nk’umwe mu bayobozi b’Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega gitera inkunga imishinga yo kurwanya Indwara...
12 June 2025 Yasuwe: 309 0

Kigali: Abantu 13 bibaga batoboye amanzu bafashwe

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars yatangaje ko Polisi yataye muri yombi abantu 13 bakurikiranyweho ubujura bwo kwambura abantu ibyo bafite no kwiba batoboye...
12 June 2025 Yasuwe: 578 0

Ingabo za Afurika y’Epfo zarwanaga na M23 muri RDC zigiye gusubira iwabo

Igisirikare cya Afurika y’Epfo cyatangaje ko itsinda rya mbere ry’ingabo za SANDF zari zimaze igihe mu butumwa bwo kurwanya imitwe yitwaje intwaro buzwi nka SAMIDRC zizagera iwabo ku wa Gatanu,...
12 June 2025 Yasuwe: 275 0

U Rwanda rwashimye iterambere ry’umubano rufitanye n’u Bushinwa

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gushimangira uburyo inyuzwe n’iterambere ry’ubutwererane ifitanye n’iy’u Bushinwa, bukomeje gukura mu nzego zitandukanye zitanga inyungu zifatika ku mibereho...
11 June 2025 Yasuwe: 806 0

BAL 2025: Al Ahli Tripoli yasubiriye APR BBC ubugira gatatu igera ku mukino wa nyuma

Al Ahli Tripoli yatsinze APR BBC amanota 84-71 igera ku mukino wa nyuma wa BAL 2025, ku nshuro ya mbere mu mateka.
11 June 2025 Yasuwe: 607 0

AFC/M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yagize Busu Bwa Ngwi Nshombo Patrick Guverineri mushya w’intara ya Kivu y’Amajyepfo.
11 June 2025 Yasuwe: 1348 0

Perezida Ruto yashenguwe n’urupfu rw’umusore waguye muri kasho ya Polisi

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusore wari impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Albert Ojwang, wapfiriye muri kasho ya Polisi azize gukubitwa.
11 June 2025 Yasuwe: 359 0