skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Urukiko rwemeje ko Twagirayezu wahamijwe ibyaha bya Jenoside arangiriza igihano muri Denmark

Twagirayezu Wenseslas wakatiwe igifungo cy’imyaka 20 n’Urukiko rw’Ubujurire mu Rwanda, Urukiko rwo mu Mujyi wa Hillerød rwemeje ko ahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bityo ko agomba...
11 June 2025 Yasuwe: 377 0

Ikoranabuhanga no guhanga ibishya bifashe ahazaza h’ubuhinzi bw’Afurika- Dr Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard yagaragaje ko kugira ngo ubuhinzi muri Afurika butere imbere hakwiye kwimakazwa ikoranabuhanga ritagira uwo riheza kandi rigashyigikirwa mu buryo bufatika...
10 June 2025 Yasuwe: 177 0

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye Itsinda ry’abaturutse mu ikipe ya Benfica na TFEP

Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, yaganiriye n’itsinda ry’abaturutse mu Ikipe ya Benfica yo muri Portugal bari kumwe n’abahagarariye irerero ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rya Tony...
10 June 2025 Yasuwe: 723 0

’Ibya Yesu ni ku Murongo’ yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Ubushinjacyaha bwasabiye Nzabanayo Silas wamenyekanye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana nka ‘Ibya Yesu ni ku Murongo’, gufungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera icyaha cyo gusambanya umwana akurikiranyweho.
10 June 2025 Yasuwe: 1352 0

Rusizi: Kugurisha ubutaka ku kirwa cya Gihaya byahagaritswe by’agateganyo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ibikorwa byo kugurisha ubutaka bwo ku kirwa cya Gihaya nyuma y’aho abaturage bagaragaje ko umushoramari uri kubagurira...
10 June 2025 Yasuwe: 408 0

Urugomero ruzatanga amashanyarazi mu Rwanda, u Burundi na DRC rugiye gutangira kubakwa

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko Urugomero rw’Amashanyarazi rwa Rusizi ya Gatatu ruzatangira kubakwa mu 2026, rukaba rwitezweho kwegereza amashanyarazi abaturage bo mu Rwanda, u Burundi na...
10 June 2025 Yasuwe: 362 0

Los Angeles: Abasirikare boherejwe na Trump guhangana n’abigaragambya barenze 4000

Perezida Donald Trump agiye kohereza abandi basirikare 2700 kugira ngo bajye kunganira abandi 2000 bari baroherejwe mu Mujyi wa Los Angeles, kujya guhangana n’abigaragambya bamagana itabwa muri...
10 June 2025 Yasuwe: 298 0

Iby’ingenzi wamenya ku yandi mavugurura agiye gukorwa mu burezi bw’u Rwanda

Inama y’Abaminisitiri yemeje amavugurura agamije kunoza imyigire mu mashuri yose ya Leta n’abafashwa na yo ku bw’amasezerano, arimo agiye gukorwa mu gihe cyo kwiga ku biga mu cyiciro cya mbere...
10 June 2025 Yasuwe: 2213 0

Impanuro zahawe Abapolisi b’u Rwanda bagiye gusimbura abandi b’itsinda ririnda abayobozi bakuru muri Centrafrique

Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa DIGP Vincent Sano, yasabye abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrique kuzarangwa n’ubunyamwuga,...
10 June 2025 Yasuwe: 1388 0

Hatewe indi ntambwe iganisha Minisitiri Mutamba mu rukiko

Umushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko nta bisobanuro Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, yatanze byatuma ahagarika...
10 June 2025 Yasuwe: 257 0