Urukiko rusesa imanza mu Bufaransa, (Cour de Cassation), kuri uyu wa 17 Kamena 2025 rwahanishije François Fillon, wabaye Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu, igihano cyo gufungwa imyaka ine isubitse...
Inama ya Guverinoma yo ku wa 17 Kamena 1994 yemeje ko Abatutsi bo mu Bisesero bagomba kwicwa ku buryo bwihuse, kandi hagafatwa ingamba zo kurinda ibikorwa remezo byo mu karere Bisesero iherereyemo....
Perezida Donald Trump, yongeye gutangaza amakuru atari yo mu nama ya G7, aho yashinje Justin Trudeau wari Minisitiri w’Intebe wa Canada kuba yaragize uruhare mu gukura u Burusiya mu itsinda...
RwandAir yegukanye igihembo cy’umwaka wa 2025 nka sosiyete nziza ya mbere mu zikorera ubwikorezi bwo mu kirere ku mugabane wa Afurika, mu bihembo bizwi nka ‘World Airline Awards’.
Intambara hagati ya Israel na Iran yinjiye mu munsi wa gatanu impande zombi zisukanaho ibisasu ubutaruhuka. Israel yavuze ko ibitero yagabye i Tehran byahitanye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran, Ali...