Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yasubije Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko igihugu cye kidakangika ku buryo cyakwemera kumanika amaboko imbere ya Israel.
Umupolisi wo muri Kenya yatawe muri yombi azira kurasa umusivile mu myigaragambyo iherutse kubera mu murwa mukuru Nairobi, yatewe n’urupfu rwa Albert Ojwang wapfiriye muri kasho ya polisi.
Ku munsi wa gatandatu w’intambara ya Iran na Isiraheli, Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei yabwiye Isiraheli ko ubu ari bwo intambara itangiye.
Leta ya Iran yasabye abaturage bayo gusiba porogaramu ya WhatsApp muri telefone zabo, aho ishinja uru rubuga gukoreshwa na leta ya Israel mu kuneka amakuru y’abaturage ba Iran, nubwo nta bimenyetso...