Ishusho rusange y’Uburezi mu mashuri yisumbuye yagaragajwe na Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yerekanye ko ku rwego rw’Igihugu mu Cyiciro Rusange (O’Level), mu masomo atatu y’ingenzi bareberaho...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), yatangaje ko ku bufatanye n’umushinga Tubura bagiye gufasha urubyiruko rw’u Rwanda rugera kuri miliyoni 1, kwiteza imbere mu buhinzi no kurukundisha...
Abasesenguzi mu bya Politiki bavuga ko kuba u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigiye gushyira umukono ku masezerano y’amahoro, ari intambwe ya mbere itanga icyizere mu kubona...
Umwe mu batangije, akaba anayobora amarushanwa y’ubwiza ya Miss Uganda Brenda Nanyonjo, yakuriye inzira ku murima abibaza igihe azasimburirwa kuri izo nshingano amazeho imyaka irenga 15.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Yvan Butera, uri muri Indonesia, yabonanye na Minisitiri w’Ubuzima muri iki gihugu, Budi Gunadi Sadikin.
Abayobozi bo mu nzego z’ibanze mu bice bihana imbibi hagati y’u Rwanda na Uganda, biyemeje kongera imikoranire ndetse no gukuraho inzitizi zose zikibangamiye urujya n’uruza ku mipaka ihuza ibyo...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye Inganda (NIRDA), cyatangaje ko mu myaka 4 iri imbere, u Rwanda ruzuzuza Laboratwari yo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda izatwara...
Bamwe mu Banya-Kenya, bagaye cyane umubyeyi wa Albert Ojwang wemeye kwakira Miliyoni ebyiri z’Amashilingi yatanzwe na Perezida wa Kenya William Ruto yo kuyagira umuryango wa nyakwigendera Albert...