skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Police FC yumvikanye n’umutoza Ben Moussa

Uwahoze ari Umutoza wa APR FC, Abdessattar Ben Moussa, yumvikanye n’Ikipe ya Police FC kugira ngo azayitoze mu mwaka w’imikino utaha wa 2025/26.
21 June 2025 Yasuwe: 1113 0

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi waganiriweho hagati y’Abayobozi mu nzego nkuru z’Ibihugu byombi

Perezida wa Sena y’u Burundi, Hon. Sinzohagera Emmanuel yagiriye uruzinduko mu Rwanda, yakirwa na mugenzi we Perezida wa Sena, Dr François Xavier Kalinda banagirana ibiganiro ku ruhare rw’izi nzego...
21 June 2025 Yasuwe: 1804 0

Ibindi bivugwa ku mugore wapfiriye kwa Pasiteri nyuma yo kurarana

Umugore w’imyaka 30 wari waturutse mu Ntara y’Iburasirazuba wasanzwe yapfiriye mu nzu icumbitsemo Umupasiteri wo mu Karere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo, bivugwa ko yari yavuye iwe abwiye...
21 June 2025 Yasuwe: 13717 0

U Rwanda rwahaye Afurika izindi ntumwa z’amahoro

Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, Dr Vincent Biruta yashimiye ibihugu byohereje abanyeshuri mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (National Police College) riherereye mu Karere ka Musanze, aho...
21 June 2025 Yasuwe: 859 0

Nyanza: Gitifu w’Akagari yirukanwe azira amafaranga yambuye abaturage

Nzasingizimana Innocent wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyabinyenga, mu Murenge wa Cyabakamyi, Akarere ka Nyanza, yirukanwe mu kazi, nyuma yo gukora amakosa mu mirimo ye, arimo...
21 June 2025 Yasuwe: 561 0

Gen Muhoozi yageze i Kinshasa bwa mbere mu myaka irenga 20

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva kuri uyu wa 20 Kamena 2025.
20 June 2025 Yasuwe: 2482 0

Amakamyo 31 y’ibikoresho bya SAMIDRC yacyuwe anyujijwe mu Rwanda

Ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) zikomeje gutaha ari nako zicyura ibikoresho zakoreshaga zihangana...
20 June 2025 Yasuwe: 1811 0

Chris Brown yitabye urukiko mu Bwongereza, atera utwatsi ibyo aregwa

Chris Brown yongeye kwitaba urukiko i Londres, ahakana icyaha ashinjwa cyo gukomeretsa bikomeye umugabo witwa Abraham Diaw akoresheje icupa.
20 June 2025 Yasuwe: 2599 0

Ubwenge buhangano bugiye kwigishwa mu mashuri yisumbuye

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), iratangaza ko mu rwego rwo gushyigikira ubumenyi bufite ireme, mu mashuri yisumbuye n’ayigisha imyuga n’ubumenyi ngiro, hagiye gutangizwa kwiga amasomo ajyanye no...
20 June 2025 Yasuwe: 1143 0

Abarimu 45% bo mu mashuri yisumbuye ni bo bafite ubumenyi buhagije mu Cyongereza

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abagera kuri 45% gusa mu barimu bigisha mu mashuri yisumbuye no mu y’imyuga, tekiniki n’ubumenyi ngiro, ari bo gusa bafite ubumenyi buhagije mu Cyongereza, ivuga...
20 June 2025 Yasuwe: 553 0