Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Israel na Iran bihanganye mu ntambara imaze iminsi wa 12 byemeranyije guhagarika intambara, asaba ibihugu byombi kubyubahiriza.
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yemeje ko abasirikare b’icyo gihugu bishe abarwanyi barenga 50 b’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab ukorera muri Somalia.
Iran yatangaje ko yagabye ibitero ku birindiro by’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Qatar no muri Iraq, nyuma yuko icyo gihugu kiyigabyeho ibitero ku Cyumweru tariki 22 Kamena 2025.
Abanyarwanda basaga 1 200 bari bacumbikiwe mu Nkambi y’agateganyo ya Nyarushishi mu Karere ka Rusizi, batangiye gusubizwa mu miryango yabo hirya no hino, nyuma yo kuva mu mashyamba ya Repubulika...
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye abantu bakomeje gutangarira umuhanzi w’Umunya-Nigeria, Burna Boy, nyuma y’amashusho ye yakwirakwiye ari kogoshwa incakwaha, nyuma y’imyaka ine yari ishize...