Umugore w’imyaka 28 wari utuye mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo, yagiye kwanika ku mugozi imyenda yari arimo gufura, afatwa n’umuriro w’amashanyarazi uramwica.
Impuguke mu bukungu zigaragaza ko guhemba umukozi amafaranga adatuma yiteza imbere, bigira ingaruka ku musaruro atanga, bikaba n’umutwaro ku gihugu.
Ibi ni mu gihe hari abakozi barimo n’abo mu...
Abahinzi b’umuceri bakorera muri koperative ya CORIKA,iherereye mu Murenge wa Jabana, mu Karere ka Gasabo, yahawe miliyoni zisaga 22 Frw kuko mu minsi ishize mu gihembwe cy’ihinga cya 2025 B uwo...
Abaturage 150 bavuga ko bamaze imyaka ibiri bambuwe na Kompanyi yabahaye akazi mu kubaka muri kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye, mu gihe nyiri iyi kompanyi avuga ko na we yambuwe n’indi yari...