Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yatangaje ko igihugu cye cyatsinze Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran mu ntambara yamaze iminsi 12.
Igisirikare cya Uganda cyashyizeho itsinda ryo ku rwego rwo hejuru rishinzwe gukora iperereza ku bakorera mu nzego z’ubutasi nyuma y’aho biketswe ko batanze amakuru atari yo ateguza ko umutwe...
Tanzania, mu Ntara ya Kilimandjaro, umugabo witwa Evance Kileka, yaje gushyingura abana be babiri harimo uwitwa Precious w’amezi 6 na Glory Evance w’imyaka ine (4), ari mu maboko y’inzego ya...
Umuyobozi wungirije w’inama y’umutekano y’u Burusiya, wanayoboye iki gihugu kuva mu 2008 kugeza mu 2012, Dmitry Medvedev, yise abayobozi bo mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) inyenzi.
Ibitangazamakuru byo muri Kenya byategetswe guhagarika gutangaza amakuru agezweho, arebana n’imyigaragambyo iri mu gihugu hose igamije kwibuka abaguye mu yo mu mwaka ushize wa 2024 yamaganaga...
Impuguke zigaragaza ko umuntu wabaswe n’ibiyobyabwenge, icya mbere kimufasha kubivamo ari uko nyirubwite agira ubushake bwo kubireka, naho ubundi ko gukoresha ibiyobyabwenge no gufata inzoga...