Abantu amagana bitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma abasirikare bakuru ba Iran n’abandi bahanga muri siyansi n’abasivile bishwe mu bitero bya Israel mu byumweru bishize.
Nyuma y’ingendo Abadepite bakoze kuva tariki 28 Gicurasi kugeza ku ya 4 Kamena 2025 mu Turere twose tw’Intara hasurwa imwe mu mirenge, ndetse n’imirenge yose y’Umujyi wa Kigali, basanze ibibazo...
Diplomasi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatsinze igitego cy’umutwe ubwo yageraga ku ntego yari yihaye y’ubuhuza hagati ya Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo(DRC) n’u Rwanda. Amasezerano...
Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Akarere k’Ibiyaga bigari katangiye amateka mashya y’ubumwe, ubufatanye n’iterambere nyuma yo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yarakajwe cyane n’inkuru zatangajwe n’ikinyamakuru CNN na The New York Times byo muri icyo gihugu zivuga ko igitero Amerika yagabye muri Iran...
Umugore w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro, akurikiranyweho guhoza umwana ku nkeke nyuma yo gukubita umwuko umwana we akamukura amenyo amuhoye ibiceri 200 Frw.