skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ibihumbi by’Abanya-Iran byasezeye ku bishwe na Israel; Umujyanama wa Khamenei aratungurana

Abantu amagana bitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma abasirikare bakuru ba Iran n’abandi bahanga muri siyansi n’abasivile bishwe mu bitero bya Israel mu byumweru bishize.
28 June 2025 Yasuwe: 720 0

Abadepite basabye ko ibibazo biri muri serivisi z’irangamimerere byaba byakemutse mu mezi atatu

Nyuma y’ingendo Abadepite bakoze kuva tariki 28 Gicurasi kugeza ku ya 4 Kamena 2025 mu Turere twose tw’Intara hasurwa imwe mu mirenge, ndetse n’imirenge yose y’Umujyi wa Kigali, basanze ibibazo...
28 June 2025 Yasuwe: 665 0

Tshisekedi mu mayirabiri: Inzira y’amahoro iramusaba kwambura intwaro no gukuraho FDLR

Diplomasi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatsinze igitego cy’umutwe ubwo yageraga ku ntego yari yihaye y’ubuhuza hagati ya Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo(DRC) n’u Rwanda. Amasezerano...
28 June 2025 Yasuwe: 1321 0

U Rwanda na Nigeria basinyanye amasezerano avanaho gusoresha kabiri ibicuruzwa

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Nigeria zasinyanye amasezerano yo kuvanaho gusoresha kabiri ibicuruzwa hagati y’ibihugu byombi.
28 June 2025 Yasuwe: 483 0

Element ari mu biganiro na 1:55AM Ltd

Nyuma y’igihe hatutumba intambara y’amagambo hagati ya 1:55AM Ltd na producer Element, kuri ubu ikibazo cyabo cyatangiye kuganirwaho n’impande zombi zishaka igisubizo.
28 June 2025 Yasuwe: 267 0

Perezida Trump yakiriye Nduhungirehe na Kayikwamba nyuma yo gusinya amasezarano y’amahoro

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Akarere k’Ibiyaga bigari katangiye amateka mashya y’ubumwe, ubufatanye n’iterambere nyuma yo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na...
28 June 2025 Yasuwe: 581 0

Trump yibasiye itangazamakuru kubera gitero cyagabwe muri Iran

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yarakajwe cyane n’inkuru zatangajwe n’ikinyamakuru CNN na The New York Times byo muri icyo gihugu zivuga ko igitero Amerika yagabye muri Iran...
27 June 2025 Yasuwe: 1053 0

Kenya: Abigaragambya barashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi

Muri Kenya, abari mu myigaragambyo mu rwego rwo kwibuka bagenzi babo bapfuye baguye mu myigaragambyo yakozwe umwaka ushize wa 2024, bafashwe nk’abashaka guhirika ubutegetsi.
27 June 2025 Yasuwe: 947 0

Ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza biratangira kuri uyu wa mbere

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), ibicishije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), yatangaje ko abanyeshuri basoza amashuri abanza batangira ibizamini bya Leta kuri...
27 June 2025 Yasuwe: 1095 0

Kigali: Umugore akurikiranyweho gukura amenyo umwana we amukubise umwuko amuhoye 200Frw

Umugore w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro, akurikiranyweho guhoza umwana ku nkeke nyuma yo gukubita umwuko umwana we akamukura amenyo amuhoye ibiceri 200 Frw.
27 June 2025 Yasuwe: 879 0