Urukiko Rukuru rwa Pretoria muri Afurika y’Epfo rwahagaritse umuhango wo gushyingura Dr Edgar Chagwa Lungu wayoboye Zambia kuva mu 2015 kugeza mu 2021.
Leta ya Iran yemeye ko ibikorwaremezo bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire byangijwe bikomeye n’ibitero byakurikiranye by’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel.
Abaturage b’i Nairobi, mu Murwa Mukuru wa Kenya, bongeye kwirara mu mihanda mu myigaragambyo yitabiriwe ku rwego rwo hejuru, aho bari kwibuka bagenzi babo bishwe mu myigaragambyo yabaye mu mwaka...
Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ubwirinzi wa NATO, Mark Rutte, yatangaje ko Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari umubyeyi we ukwiye kubahirwa ijambo avuga.
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Dr. Akinwumi Adesina uri gusoza manda ye ku buyobozi bwa Banki Nyafurika y’Iterambere. Ari mu Rwanda yitabiriye inama ngarukamwaka ya 28 ikora...
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Evariste Kakule Somo, yagaragaje ko yatereranywe na Leta.