Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yarakariye Israel kuko yanze kumwumvira, igakomeza kugaba ibitero by’indege muri Iran.
Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yakomereje gahunda y’ibiganiro mu mujyi wa Bukavu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda, National Resistance Movement (NRM) ryatangaje ko Yoweri Kaguta Museveni azongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu.
Guhera tariki ya 14 kugeza ku ya 19 Nyakanga 2025, mu Rwanda hazabera imikino ya Tennis yo mu Itsinda rya kane rya Billie Jean King Cup rigizwe n’ibihugu 12 mu bari n’abategarugori.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwatangaje ko mu 2024/2025 ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byiyongereye ugereranyije n’uwa 2023/2024, bigakekwa ko bifitanye isano n’abayikwirakwiza ku...