Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu yemeye agahenge mu ntambara bahanganyemo na Iran nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump asabye ko intambara...
Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ubucuruzi, inganda n’amashyirahamwe, David Bahati, yasabye abaturage begereye umupaka gushyira imbaraga mu guhahirana n’Abanyarwanda kuko birimo inyungu...
Mu Karere Musanze, Umurenge wa Gashaki, Akagari ka Kigabiro, Umudugudu wa Buzoza mu Karere ka Musanze, haravugwa urupfu rutunguranye rw’umugabo witwa Rumbiya Eric, watoraguwe ku muhanda yapfuye,...
Atletico Madrid yananiwe kurenga amatsinda y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe, mu gihe Inter Miami yananiwe kuyobora itsinda izacakirana na Paris Saint-Germain mu mikino ya 1/8.
Umusore w’imyaka 18 wo mu Karere ka Rubavu yafunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka itatu, nyuma agashaka gutoroka ubwo yamenyaga amakuru ko ari gushakishwa.